Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Zimwe mu mbogamizi Depite Bamporiki yahuye nazo yandika igitabo "Mitingi Jenosideri"
8/06/2017 - 17:59
No Comment!
8/06/2017 - 15:38
U Rwanda rwifatanije n’amahanga mu kwizihiza umunsi w’ibidukikije
7/06/2017 - 15:39
Abashakashatsi mu by’amateka bagize icyo bavuga ku gitabo "Mitingi Jenosideri"
5/06/2017 - 08:33
No Comment!
2/06/2017 - 15:35
No Comment!
2/06/2017 - 11:16
Byinshi wamenya ku gitabo "Mitingi Jenosideri" cyanditswe na Depite Bamporiki
30/05/2017 - 17:01
Byari ibirori i Nyamata ubwo haberaga umukino wo gusiganwa ku mapikipiki
28/05/2017 - 21:41
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo