Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umukandida wa FPR-Inkotanyi mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Nyamagabe
17/07/2017 - 09:28
Umukandida wa RPF-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Gisagara
16/07/2017 - 14:20
Umukandida wa RPF-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Nyaruguru
16/07/2017 - 08:11
Bifashishije ibyuma bya muzika, abafana ba Rayon Sports bagaragaje uburyo bashyigikiye RPF
15/07/2017 - 09:20
Abahanzi bose bamaze gutwara Guma Guma bahimbye indirimbo yamamaza umukandida Paul Kagame
15/07/2017 - 09:13
Ibihumbi by’abaturage bitabiriye igikorwa cyo kwamamaza umukandida Paul Kagame i Nyanza
15/07/2017 - 09:05
Umukandida Paul Kagame mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Ruhango
14/07/2017 - 21:16
Perezida Kagame yasoje itorero ry’Indangamirwa icyiciro cya 10
14/07/2017 - 07:52
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo