Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibikorwa bya Army Week byatangiye hirya no hino mu gihugu
7/05/2017 - 20:15
Global Fund ni umufatanyabikorwa w’ingenzi mu Rwanda - Kagame
4/05/2017 - 15:36
Uruzinduko rw’akazi Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia yagiriye mu Rwanda
1/05/2017 - 10:27
Abanyamakuru bo mu Rwanda basoje icyiciro cya II cy’Itorero
29/04/2017 - 14:59
Kurikirana ubuhamya bwa Kalisa warokoye Abatutsi benshi
27/04/2017 - 09:21
Rayon Sports isezerewe na Rivers United muri Caf Confederations Cup
23/04/2017 - 09:45
Umuhango wo gushyingura Sayinzoga Jean
21/04/2017 - 08:06
Umunsi wa kabiri w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
20/04/2017 - 17:06
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo