Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Inyana ni iya Mweru: Ngarambe Rwiru Nganzo mu mwuga umwe na Se
14/03/2020 - 15:41
Kirehe: Izuba ryabatezaga amapfa ubu bararyifashisha mu buhinzi ntangarugero
12/03/2020 - 12:33
Coronavirus: Perezida Kagame mu buryo bushya bwo gusuhuzanya
11/03/2020 - 15:33
Reba uko Drone itera umuti wica imibu
11/03/2020 - 10:48
Kigali: Imiryango isaga 1000 igiye kwimurwa nta ngurane
10/03/2020 - 05:23
Umunyamakuru Charles Kwizera yashyinguwe. Tuzahora tukwibuka!
8/03/2020 - 10:41
Ikirenga mu bahanzi Cecile Kayirebwa agiye gushimirwa nk’uwateje imbere umuco nyarwanda
8/03/2020 - 10:32
Miss Naomie yahishuye uwo yahaga amahirwe (Twamusuye iwabo mu rugo)
1/03/2020 - 10:37
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.