Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nzabonimpa ngo bamujyanye mu gitero cya Kinigi bamushoreye nk’intama
20/02/2020 - 10:01
NTIYICUZA: Kabayija uri mu bagabye igitero mu Kinigi kigahitana 14
19/02/2020 - 19:02
Andi makuru utamenye ku iyegura rya Evode, Munyakazi na Gashumba
17/02/2020 - 12:00
Abayobozi basuzumwe Coronavirus mbere yo kwerekeza i Gabiro mu Mwiherero
15/02/2020 - 22:00
Imyanzuro itandatu yafatiwe mu biganiro byahuje u Rwanda na Uganda
15/02/2020 - 21:38
Intumwa z’u Rwanda na Uganda zongeye guhurira i Kigali
15/02/2020 - 21:11
KNC yitandukanyije n’Ikipe ya Mukura yahoze afana, anavuga uburyo Gasogi izayifata ku gakanu
13/02/2020 - 19:40
Reba uko Kata na Kumite zikinwa mu mukino wa Karate
12/02/2020 - 16:33
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.