Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
IBUKA: Nubwo bigoye muri iki gihe, Kwibuka tuzabikora kandi twirinda
7/04/2020 - 15:33
#GumaMuRugo: Uko wabungabunga imodoka yawe iparitse mu rugo
6/04/2020 - 13:52
Menya impamvu Guma mu Rugo yongereweho iminsi 15
4/04/2020 - 16:47
Dutemberane Ingoro y’amateka ya Huye.....Amafunguro ya Kinyarwanda ateye amatsiko
3/04/2020 - 23:21
Bugesera: Ikibazo cy’ibura ry’amazi kizarangira ryari? Meya yatanze igisubizo
3/04/2020 - 21:54
Bugesera: Abaturiye Hoteli yagenewe abakekwaho Coronavirus bahumurijwe
2/04/2020 - 23:00
Ruhango: Gahunda yo kuguma mu rugo yagabanyije urugomo ku rwego rushimishije
1/04/2020 - 22:00
Yitwaje ibihe bya Coronavirus ashaka kuriganya abantu amafaranga
1/04/2020 - 21:38
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.