Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ijambo rya Perezida Kagame mu muhango wo gusinya Imihigo y’umwaka wa 2017/2018
6/10/2017 - 23:27
Umuryango Imboni zarwo yasoje ubukangurambaga bwo kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside
5/10/2017 - 17:47
Bimwe mu byaranze Car Free Day
1/10/2017 - 16:03
Gikomero: Abahoze batuye mu manegeka barishima leta yabubakiye amazu ajyanye n’icyerekezo
30/09/2017 - 21:47
NO COMMENT....
29/09/2017 - 15:45
Yannick, Rutanga na Usengimana bishimiye gutsinda ikipe ya APR fc bahozemo
29/09/2017 - 08:47
Rayon Sports yegukanye igikombe kiruta ibindi mu Rwanda itsinze APR fc
28/09/2017 - 09:09
Sheebah Karungi yatangaje byinshi mu byatumye agera kure
22/09/2017 - 23:01