Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibihe by’ingenzi byaranze Tour du Rwanda 2017: Kigali - Huye
14/11/2017 - 08:19
Tour du Rwanda 2017: Aleluya Joseph yegukanye agace ka Kigali-Huye
13/11/2017 - 22:46
Bimwe mu byaranze agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2017
12/11/2017 - 20:52
Bannyahe: Abaturage ntibishimiye kwimurwa badahawe ingurane y’amafaranga
11/11/2017 - 21:15
Ishyaka ridasanzwe mu myiteguro ya Tour du Rwanda 2017
10/11/2017 - 14:38
Linda w’imyaka 72 uri kuzenguruka isi kuri moto yageze mu Rwanda
10/11/2017 - 09:43
Imyiteguro ya Tour du Rwanda 2017 irarimbanyije
9/11/2017 - 08:57
Amavubi yasesekaye i Kigali nyuma yo gutsinda Ethiopia
7/11/2017 - 08:12