Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 21 ni bo bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:52
Urukerereza ryashimishije abitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:45
Akarasisi k’ingabo kari mu byashimishije cyane abitabiriye irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 08:31
Umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame
19/08/2017 - 08:24
Ijambo rya Perezida Paul Kagame mu muhango w’irahira rye
18/08/2017 - 19:39
Perezida Kagame yakiriye ku meza Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri
16/08/2017 - 09:11
VIDEO: Uko byari byifashe ubwo Perezida wa Misiri yakirwaga na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege
15/08/2017 - 16:58
Ku nshuro ya kane umukino w’inyabutatu "Triathlon" wahuruje imbaga muri Rubavu
14/08/2017 - 10:30