Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Intwari z’i Nyange: Abarokotse ibitero by’abacengezi baravuga uko byagenze
6/02/2020 - 17:36
Afurika na yo ishobora gukora Drones – Perezida Kagame
6/02/2020 - 17:06
Batuzana mu Rwanda twumvaga baje kuturoha mu Kivu: Ikirenga Frida umwe mu bari inyeshyamba za CNRD
5/02/2020 - 13:08
Nyarushishi: Babyariye mu Rwanda nyuma yo kwiruka mu mashyamba ya Congo bahunga FARDC
3/02/2020 - 09:47
Lt Col Kagemana wari ushinzwe gusengera ingabo za CNRD ntarumva uburyo yageze mu Rwanda
3/02/2020 - 09:36
Reba uko umuhango wo kwibuka Intwari z’u Rwanda wagenze
2/02/2020 - 22:55
Iyumvire ibya Gen Mberabahizi wororeraga Ingurube muri Congo afite icyizere cyo kuzafata u Rwanda
2/02/2020 - 15:43
Ikibazo cy’u Rwanda na Uganda ntaho gihuriye n’imipaka - Perezida Kagame
30/01/2020 - 19:54