Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Kirehe: Izuba ryabatezaga amapfa ubu bararyifashisha mu buhinzi ntangarugero
12/03/2020 - 12:33
Coronavirus: Perezida Kagame mu buryo bushya bwo gusuhuzanya
11/03/2020 - 15:33
Reba uko Drone itera umuti wica imibu
11/03/2020 - 10:48
Kigali: Imiryango isaga 1000 igiye kwimurwa nta ngurane
10/03/2020 - 05:23
Umunyamakuru Charles Kwizera yashyinguwe. Tuzahora tukwibuka!
8/03/2020 - 10:41
Ikirenga mu bahanzi Cecile Kayirebwa agiye gushimirwa nk’uwateje imbere umuco nyarwanda
8/03/2020 - 10:32
Miss Naomie yahishuye uwo yahaga amahirwe (Twamusuye iwabo mu rugo)
1/03/2020 - 10:37
Ba Minisitiri bashya barahiye, Uw’uburezi aje guhindura iki?
1/03/2020 - 10:24