Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore ukuntu Chorale de Kigali yirukana Sekibi mu ndirimbo
9/01/2020 - 10:23
Super Manager: Nasimbutse ku ibere rya Bigogwe, umugabo ntanga ni Mike Karangwa
9/01/2020 - 10:07
Uyu mwana ntasanzwe! Agendera ku mugozi mu kirere!
8/01/2020 - 13:04
Gen James Kabarebe yavuze igitambo RDF yatanze igatsinda urugamba rw’abacengezi
6/01/2020 - 11:39
Uburyo Gasore Serge yavumbuyemo ko afite impano yo kwiruka buratangaje
6/01/2020 - 11:25
Impamvu nyamukuru yatumye ababiciye bigacika muri ruhago nyarwanda barahindutse abakene
6/01/2020 - 11:13
Uko byari byifashe kwa Gitwaza no kwa Masasu mu ijoro ryo kwinjira mu mwaka wa 2020
1/01/2020 - 19:18
Ntabwo waba umwere ubona ibibi bikorwa ugaceceka - Perezida Paul Kagame
1/01/2020 - 19:07