Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2022: Super Stage excites rally fans
25/09/2022 - 14:11
Reba uko abanyeshuri batangiye umwaka mushya w’amashuri
22/09/2022 - 23:20
AMERWA na Banki ya Kigali batangije gahunda ya ‘Zamuka mugore wa Kigarama’
22/09/2022 - 23:10
Abitabiriye igitaramo RAP City bashimishijwe n’udushya twarimo
18/09/2022 - 22:36
Abitabiriye Art Rwanda-Ubuhanzi bishimiye kugaragaza impano zabo
16/09/2022 - 20:35
Pasiteri Mpyisi yizihije isabukuru y’imyaka 100
13/09/2022 - 07:34
Inzozi Lotto: Harerimana atsindiye asaga miliyoni 2.5Frw, gerageza amahirwe nawe
6/09/2022 - 19:11
Ibyamamare birimo Drogba, Prince Charles, Sauti Sol n’abandi bise amazina Ingagi
4/09/2022 - 11:33