Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abafite amakarita ya BK boroherejwe mu gitaramo ’Amapiano To The World’
4/11/2022 - 19:31
Byinshi ku ihame ry’uburinganire mu bayobozi b’amashuri n’abarimu mu Rwanda
4/11/2022 - 19:23
Abarimu babaye indashyikirwa bahawe moto byarabarenze
4/11/2022 - 19:16
Mwarimu niyubahwe - Minisitiri w’Intebe yacyeje mwarimu ku munsi we
4/11/2022 - 19:10
U Rwanda rukomeje imyiteguro yo guhangana na Ebola
2/11/2022 - 10:16
Reba uko byari byifashe mu Nteko Rusange ya FPR Inkotanyi muri Gatare - Kicukiro
31/10/2022 - 21:35
Abaturage bishimiye uko bakiriwe muri gahunda ya ‘Baza MINUBUMWE’
29/10/2022 - 09:50
President Kagame opens the African Philanthropy Forum 2022
24/10/2022 - 21:33