Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Igor Mabano yagarutse ku mpamvu Kina Music idapfa gutumirwa mu bitaramo
12/08/2022 - 16:38
Umunyeshuri w’i Muhanga yatsindiye 1,888,178frw muri IGITEGO Lotto
12/08/2022 - 08:50
Secretary Blinken on the conviction of Rusesabagina - Watch full press briefing in Kigali
12/08/2022 - 08:33
Igitutu ku Rwanda kugira ngo Rusesabagina arekurwe? Ntabwo bizabaho - Minisitiri Biruta
12/08/2022 - 08:00
Icyo abaturage batekereza ku ibarura rusange rigiye kuba
11/08/2022 - 23:32
Twaganiriye na Hindisha Paul wazanye kuvuga Amazina y’Inka mu bukwe bwo muri Kigali
10/08/2022 - 17:45
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga yasuye Laboratwari y’ibimenyetso bya gihanga
7/08/2022 - 16:04
Kigali: Ibirori by’Umuganura byari bibereye ijisho
7/08/2022 - 14:57