Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
GICUMBI TVET: Nyuma y’imyuga, hatangijwe n’amasomo y’imikino ngororamubiri
10/04/2018 - 15:00
Kwibuka24: Gucana urumuri rw’ikizere, urugendo rwo kwibuka n’ijoro ryo kwibuka
9/04/2018 - 20:44
Kwibuka24: Ijambo rya Perezida Kagame ritangiza icyumweru cy’icyunamo
9/04/2018 - 09:48
KARABAYE! Dore ibyabaye ku muzungukazi wasuzuguye ubugufi bw’umugabo
5/04/2018 - 19:10
Yabyaje umusaruro amahirwe amukikije yihangira umurimo
3/04/2018 - 10:08
Video: Impunzi za mbere z’Abarundi zamaze kwambuka umupaka zitaha
1/04/2018 - 14:34
TVET Gicumbi: Uburyo budasanzwe butinyura abanyeshuri gusubiza
31/03/2018 - 17:20
Rudasumbwa wa Afurika 2017 yavuze impamvu yanze kwitabira Godfather East Africa
28/03/2018 - 17:56
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.