Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Areruya na bagenzi be bakiriwe mu buryo budasanzwe nyuma yo guhesha igihugu ishema
24/01/2018 - 08:35
Nyabihu TVET School iratangirana n’ umwaka w’amashuri wa 2018
23/01/2018 - 12:50
Diamond yatunguwe n’abana batabona bazi indirimbo ze
19/01/2018 - 22:46
Diamond Platnumz yasuye ikigo cy’abana batabona mu Rwanda
19/01/2018 - 22:40
Rulindo TVET School izigishirizwamo gucukura amabuye y’agaciro gusa
18/01/2018 - 08:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo n’uw’ubumwe bw’u Burayi
17/01/2018 - 08:28
Ibisubizo bidahwitse byatumye Divine w’Inyamirambo asezererwa muri Miss Rwanda 2018
16/01/2018 - 08:53
Perezida Kagame mu ruzinduko rw’akazi muri Tanzania
15/01/2018 - 14:35
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.