Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Rwamagana: Uko ibikorwa bya RDF Citizen Outreach Programme byagenze
20/04/2018 - 22:12
Rayon Sports yaraje abanyakigali mu mihanda
20/04/2018 - 13:07
Umwamikazi w’u Bwongereza Elizabeth II yafunguye ku mugaragaro inama ya Commonwealth
19/04/2018 - 20:16
Perezida Kagame yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bigize Commonwealth
18/04/2018 - 18:40
Ku myaka 18 ari kubica i Burayi nyuma yo kuzamukira muri Mukura VS
18/04/2018 - 13:02
Umva imishinga izafasha uyu mugabo kureka inzoga burundu
17/04/2018 - 14:56
Urushyi rwakubiswe perezida Mbonyumutwa 1959 rupfana iki na jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda?
15/04/2018 - 15:45
Nyanza ya Kicukiro: Ikimenyetso cy’ubugwari bw’Ingabo za LONI (MINUAR)
13/04/2018 - 21:38
ESEUMUNTUASHOBORAKWIYANDIKISHA
Iki ni ikibazo gikomeye, gusa Leta ntabwo ntekereza ko yabyanga ahubwo yagakwiriye kubishishikariza abana bayo. Gusa kuruhande rw’abakobwa bajya babikora akenshi babibwiwe n’ababyeyi babo akenshi banga guhura na zangaruka babateza iyo babyaye abo badashobora kurera cg bagafite base. Ariko abahungu bo akenshi niyo bitubayeho ni kwakundi uba washatse kwinjira mugikorwa ukanga kujya kwambara agakingirizo, witwaje ko umukobwa ashobora kuva muri mood, cg akana yaje kukureba ntako ufite, kukabona byagutwara umwanya. Ariko ari ibintu umuryango wumva neza, bajya bicara bateguye Ababa babo, bakajya babaha udukingirizo bakaba badufite birinda guhura n’ibyo bibazo byo gutungurwa. Bizatuma umuhungu ahora yumva ko kugakoresha ari inshingano. N’abakobwa nano bikaba uko.