Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame n’umuryango we bagaragarije urugwiro abashyitsi bitabiriye umuhango wo kurahira
19/08/2017 - 17:01
Abakuru b’ibihugu bya Afurika 21 ni bo bitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:52
Urukerereza ryashimishije abitabiriye umuhango w’irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 16:45
Akarasisi k’ingabo kari mu byashimishije cyane abitabiriye irahira rya Perezida Kagame
19/08/2017 - 08:31
Umuhango w’irahira rya Perezida Paul Kagame
19/08/2017 - 08:24
Ijambo rya Perezida Paul Kagame mu muhango w’irahira rye
18/08/2017 - 19:39
Perezida Kagame yakiriye ku meza Perezida Abdel Fattah el-Sisi wa Misiri
16/08/2017 - 09:11
VIDEO: Uko byari byifashe ubwo Perezida wa Misiri yakirwaga na Perezida Kagame ku kibuga cy’indege
15/08/2017 - 16:58
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.