Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Senateri Makuza yagaragaje impamvu 8 z’ubudasa bwa Perezida Kagame
1/08/2017 - 18:13
Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije mu Karere ka Nyamasheke
1/08/2017 - 18:02
Perezida Kagame yatuzaniye amajyambere ubu umugore wanjye ari kundeba LIVE- Ntawumenya
1/08/2017 - 17:55
Rusizi: Paul Kagame wa FPR-Inkotanyi yiyamamarije i Gihundwe
31/07/2017 - 09:39
Rusizi: Umukandida wa FPR-Inkotanyi Paul Kagame yiyamamarije mu Bugarama
31/07/2017 - 09:29
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi batuye mu Buholandi bamamaje umukandida Paul Kagame
30/07/2017 - 21:48
Abanyarwanda batuye i Liège mu Bubiligi bamamaje umukandida Paul Kagame wa FPR
30/07/2017 - 21:34
Abanyarwanda batuye Anvers mu Bubiligi bamamaje umukandida Paul Kagame wa FPR
30/07/2017 - 21:24
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.