Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ijambo Perezida Kagame yagejeje ku nama rusange y’Umuryango w’Abibumbye
21/09/2017 - 14:38
Byinshi utamenye ku mukobwa wakuye se muri Gereza
20/09/2017 - 14:05
VIDEO: Byari ibyishimo bidasanzwe k’umuryango wa Yassin nyuma yo guhabwa imbabazi na Perezida Kagame
18/09/2017 - 09:18
VIDEO: Se w’umwana wateruwe na Perezida Kagame i Nyamirambo yafunguwe
18/09/2017 - 08:56
Bimwe mu byaranze umunsi wa mbere wa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
9/09/2017 - 10:26
Umuhango wo gutangiza ku mugaragaro isiganwa Rwanda Mountain Gorilla Rally 2017
7/09/2017 - 21:30
Umuhanzi Meddy yakoze igitaramo cy’amateka, bamwe bararira abandi bajya mu mwuka!
5/09/2017 - 10:40
Perezida Kagame na Howard Buffett batashye ku mugaragaro umupaka wa La Corniche
2/09/2017 - 09:05
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.