Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Udushya n’udukoryo byaranze isozwa ry’umwaka wa 2015
5/01/2016 - 11:12
Isabukuru y’imyaka 15 umukino wa Cricket umaze mu Rwanda
31/12/2015 - 11:17
Uburyo abanyakigali biteguye kwinjira mu mwaka mushya wa 2016
25/12/2015 - 11:16
Igitaramo cya CHORALE DE KIGALI cyarangiye abakitabiriye batabishaka
24/12/2015 - 08:56
Tumwe mu dushya twaranze REFERENDUM
22/12/2015 - 09:23
Uko REFERANDUMU yagenze mu majyaruguru y’u Rwanda
21/12/2015 - 12:24
Nyuma yo gutora YEGO, abaturage nabo barasaba Perezida Kagame kubabwira YEGO
19/12/2015 - 09:59
Nyundo School of music yatangiye guhitamo abandi banyeshuri
19/12/2015 - 09:46
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.