Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
IPRC South irateganya gutangiza amasomo ajyanye no gutwara Gari ya Moshi
27/02/2016 - 12:19
Ba Nyampinga basuye ibyiza bitatse Pariki y’Akagera
24/02/2016 - 09:19
Uko abakobwa bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 babayeho mu mwiherero
20/02/2016 - 21:25
Icyo abaturage basaba abayobozi bashya mu nzego z’ibanze
19/02/2016 - 09:13
Umuhango wo gutoranya abakobwa 15 bazavamo nyampinga w’u Rwanda 2016
18/02/2016 - 08:52
Abahanzi b’indirimbo z’urukundo ni bo bataramiye Abanyarwanda ku munsi w’abakundana
17/02/2016 - 14:52
Umunsi w’abakundanye (Valentine’s Day) umaze gufata indi ntera mu Rwanda
16/02/2016 - 11:31
Ubuhamya bw’umusore wagizwe imbata n’ibiyobyabwenge
12/02/2016 - 15:47
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.