Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Abahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Ntarama
11/02/2016 - 09:18
Ni bande batowe ku munsi wa mbere w’amatora y’abayobozi b’inzego z’ibanze?
11/02/2016 - 09:08
Umuryango w’Abibumbye urashima iterambere ry’inganda mu Rwanda
4/02/2016 - 22:15
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Gatatu)
4/02/2016 - 16:58
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016 (Igice cya Kabiri)
3/02/2016 - 16:48
Imigabo n’imigambi y’abakobwa 25 bahatanira ikamba rya Miss Rwanda 2016
2/02/2016 - 14:23
Ni ubuhe butumwa Perezida Kagame yageneye Amavubi mbere y’umukino na Congo?
29/01/2016 - 08:53
Ikipe ya Morocco yakuye isomo ry’amahoro ku Rwanda
28/01/2016 - 14:52
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.