Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Miss Rwanda 2018: 6 bazahagararira intara y’Iburengerazuba bamenyekanye
15/01/2018 - 09:01
NIZZO yavuze icyamuteye kurakarira SAFI
10/01/2018 - 08:30
Ubuhanga Budasazwe Bwa NAASON Mu Kuririmba Live
8/01/2018 - 08:48
Ikiganiro na Miss Muthoni Fiona wabaye igisonga cya mbere muri Miss Africa 2017
6/01/2018 - 17:00
Amahirwe umuntu atakaje ntashobora kugaruka - Perezida Kagame
4/01/2018 - 12:58
Mu Mezi 6 WDA Izaba Yaboneye Abantu 600 Akazi
3/01/2018 - 14:20
Video: Ibirori byo kwinjira mu mwaka mushya no guturitsa Fireworks kuri KCC
2/01/2018 - 18:12
NYUMA Y’IGIHE KININI TUFF GANGS YONGEYE GUSUBIRANA
2/01/2018 - 18:12
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.