Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ikiganiro n’umukobwa wa Agatha Uwiringiyimana nyuma yo kunamira umubyeyi we
1/02/2018 - 19:31
Areruya na bagenzi be bakiriwe mu buryo budasanzwe nyuma yo guhesha igihugu ishema
24/01/2018 - 08:35
Nyabihu TVET School iratangirana n’ umwaka w’amashuri wa 2018
23/01/2018 - 12:50
Diamond yatunguwe n’abana batabona bazi indirimbo ze
19/01/2018 - 22:46
Diamond Platnumz yasuye ikigo cy’abana batabona mu Rwanda
19/01/2018 - 22:40
Rulindo TVET School izigishirizwamo gucukura amabuye y’agaciro gusa
18/01/2018 - 08:56
Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo n’uw’ubumwe bw’u Burayi
17/01/2018 - 08:28
Ibisubizo bidahwitse byatumye Divine w’Inyamirambo asezererwa muri Miss Rwanda 2018
16/01/2018 - 08:53
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.