Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyo ababyeyi ba Charly n’aba Nina bavuga ku rugendo rwabo muri muzika
4/12/2017 - 14:41
Video: Charly na Nina bashyize hanze umuzingo wabo wa mbere - IMBARAGA
4/12/2017 - 12:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day
4/12/2017 - 11:50
Imbaraga Concert: Juliana yataramanye n’abafana be i Kigali
4/12/2017 - 11:45
Imbaraga Concert: Big Fizzo mu ijwi ry’umwimerere
4/12/2017 - 11:40
Imbaraga Concert: Reba Charly na Nina baririmba INDORO
4/12/2017 - 11:34
Mu Bubiligi, Abanyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa abirabura muri Libiya
4/12/2017 - 11:29
Abagore bo muri FPR Inkotanyi bizihije isabukuru y’imyaka 30
2/12/2017 - 23:20
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.