Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame abwira ba Minisitiri bashya: Mwirinde kwita ku nyungu zanyu bwite
28/03/2021 - 23:00
Baravugwaho gucuruza ubuki butujuje ubuziranenge
28/03/2021 - 22:50
Iyumvire uko bibaga ibikoresho bipima SIDA na Covid-19 bakabigurisha
28/03/2021 - 22:39
Yicuza icyatumye ajya mu bucuruzi bwa magendu
20/03/2021 - 13:52
Jasmine Kibatega ni we watsinze irushanwa ‘THE NEXT POPSTAR’
19/03/2021 - 22:30
Tuzakora ibishoboka byose ingendo ntizongere guhagarara
17/03/2021 - 07:22
Rusesabagina: Sinzagaruka kuburana!
17/03/2021 - 07:07
Rusesabagina yasekeje Urukiko avuga ko ashaka umu avoka uturutse mu ijuru
16/03/2021 - 21:39
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.