Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uwari ufungiye muri Uganda mu mitungo yari afite yatahanye urufunguzo rw’imodoka gusa
16/03/2021 - 20:29
Rusesabagina yitabiriye urubanza atunganiwe
12/03/2021 - 06:21
Nsabimana Callixte yagereranyije Rusesabagina nk’umunyeshuri uhora usaba mwalimu kwimura umunsi w’ikizamini
12/03/2021 - 06:12
Dore uko igikorwa cyo gukingira Imfungwa n’abagororwa ba Gereza ya Mageragere cyagenze
12/03/2021 - 05:59
Abagororwa barashimira Leta yabakingiye Covid-19
12/03/2021 - 05:45
Mu ibanga rikomeye Platini arashyize ararongoye
7/03/2021 - 21:10
Kuki bisaba gusinya kugira ngo ukingirwe COVID-19?
7/03/2021 - 20:34
Umva uko Rusesabagina yagejejwe i Kigali
7/03/2021 - 16:22
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.