Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
#Kwibuka27: Ko tugenda dusaza, abazadukomokaho tuzabasigira iki?
1/05/2021 - 07:31
#Kwibuka27 | Ste Famille | Padiri Wenceslas azashyira azanwe mu Rwanda
30/04/2021 - 20:20
Uwashaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda, byamuhenda cyane - Perezida Kagame
28/04/2021 - 13:46
#EdTechMonday: Ese Ikoranabuhanga mu burezi ryafasha kugeza uburezi kuri benshi?
27/04/2021 - 11:10
Bishimiye kwinjira mu Ngabo z’u Rwanda
27/04/2021 - 10:48
Irebere akarasisi k’Abofisiye 721 bahawe ipeti rya Sous-Lieutenant
27/04/2021 - 10:42
CP Kabera: COVID-19 ntitinya ahabereye amasabukuru y’amavuko
27/04/2021 - 00:30
Bikingiranye mu rugo bakora ibirori bitemewe barenze ku mabwiriza yo kwirinda #COVID19
27/04/2021 - 00:21
NSHUTI BAKUNZI BA "KIGALI TODAY" IGITEKEREZO NTANGA KURI URIYA MUHANGO WO GUHEMBA ABANYAMAKURU NI IKI:ubundi kugira ngo uvuge ko Umunyamakuru yakoze nabi cga yakoze neza biterwa n’ubivuga icyo ashinzwe n’icyo agamije ndetse n’inyungu afite mu byo uwo munyamakuru avuga cg yandika.
Urugero niba asingiza abayobozi buri gihe ubwo abo bayobozi batanga umwanzuro ko akwiye guhembwa. Ariko niba avuga ukuri ku makosa y’abayobozi n’uwakwibeshya akamuhemba yabizira. Bityo rero ndagira ngo nisegure ku bahembwe(ndi umuturage usanzwe sindi umunyamakuru): biriya bihembo ntacyo bivuze. Cyeretse bitanzwe n’abaturage ubwabo kuko burya itangazamakuru nyaryo rirengera inyungu z’abaturage.