Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18
Kurikira ibijyanye n’amabwiriza agenga imikoreshereze y’Amadovize mu Rwanda
20/12/2025 - 10:07
BK na Israel Mbonyi bagiye kwinjiza Abanyarwanda muri Noheli bishimye
18/12/2025 - 22:00Iziheruka
Abatomboye bahawe ibihembo
24/12/2014 - 13:42
Bralirwa yasuye abarwayi muri CHUK
22/12/2014 - 14:30
Subiza utsindire ibihembo Launch
18/12/2014 - 18:17
Right Guards yatwaye igikombe mu mukino wa Cricket
3/12/2014 - 16:27
Uburyo Anita Pendo afatanya imyuga itatu!
20/08/2014 - 15:22
Ishuri rya Rubengera mu guteza imbere ubumenyi mu ikoranabuhanga ry’igiti
5/08/2014 - 14:34
Mu gitaramo cya Nyagatare, abahanzi bahatanira Guma Guma berekanye ubumwe buri hagati yabo
18/06/2014 - 11:21
Uburyo igitaramo cya Guma Guma cyagenze mu Karere ka Gicumbi
11/06/2014 - 11:07
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.