Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
Ubukwe bw’umuhanzi Tom Close na Tricia
5/12/2013 - 09:19
Abafite ubumuga berekanye ubuhanga mu kumurika imideri!
3/12/2013 - 10:42
Abasore babiri b’impanga bakoze ubukwe n’abandi bakobwa b’impanga!
26/11/2013 - 12:20
Umunyabugeni Epa Binamungu yamuritse ibihangano byihariye!
22/11/2013 - 10:49
GISENYI: Abafite ubumuga bihangiye umurimo wo kwambutsa ibicuruzwa ku mupaka
15/11/2013 - 17:17
Uruganda rwa Bralirwa rwamuritse ibigega bishya bibika ibinyobwa
13/11/2013 - 09:14
U Rwanda rwamuritse ubukerarugendo bw’inzoka n’ibindi bikururanda!
5/11/2013 - 08:55
Mutesi Aurore azasimburwa na Nyampinga mugenzi we uzatorwa muri 2014!
31/10/2013 - 08:49
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.