Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Mobile World Congress 2025: Remarks by President Paul Kagame
21/10/2025 - 17:52Iziheruka
Uburyo Anita Pendo afatanya imyuga itatu!
20/08/2014 - 15:22
Ishuri rya Rubengera mu guteza imbere ubumenyi mu ikoranabuhanga ry’igiti
5/08/2014 - 14:34
Mu gitaramo cya Nyagatare, abahanzi bahatanira Guma Guma berekanye ubumwe buri hagati yabo
18/06/2014 - 11:21
Uburyo igitaramo cya Guma Guma cyagenze mu Karere ka Gicumbi
11/06/2014 - 11:07
Ikigo cya WDA mu gushakira umuti ikibazo cya service zitanoze mu ma Hotel
4/06/2014 - 13:19
Mu Rwanda havumbuwe ikoranabuhanga ryo kwatsa no kuzimya imodoka ukoresheje telephone!
30/05/2014 - 10:11
Udushya twaranze igitaramo cya Guma Guma i Kabarondo!
22/05/2014 - 11:03
BOB MARLEY NI MUNTU KI
12/05/2014 - 09:00
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.