Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
Tiken Jah Fakoly ati: u Rwanda ni igihugu kidasanzwe
1/03/2015 - 12:45
MERGIMS mobile application, uburyo bufasha diaspora nyafurika kohereza amafaranga
21/02/2015 - 14:12
Uburyo abakundana bizihiza umunsi wa St.Valentin
13/02/2015 - 09:22
Nawe watsindira ibihumbi Ijana
12/02/2015 - 10:28
Tour of Rwanda 2014 at Kigali Today Ltd and KT Radio Headquaters
25/12/2014 - 18:06
Abatomboye bahawe ibihembo
24/12/2014 - 13:42
Bralirwa yasuye abarwayi muri CHUK
22/12/2014 - 14:30
Subiza utsindire ibihembo Launch
18/12/2014 - 18:17
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.