Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu Majyepfo baryohewe n’isiganwa ry’imodoka ‘Huye Rally 2019’
30/06/2019 - 12:42
Temberana na Kigali Today mu Nyubako ya Kigali Arena (Video)
28/06/2019 - 12:27
Udushya twaranze urugendo ku magare rugamije kurwanya imirire mibi (Video)
27/06/2019 - 06:26
Ubwambuzi: Icyari inama kuri Convention Centre cyahindutse isoko (Video)
26/06/2019 - 10:39
Volleyball: REG yisubije igikombe cya Memorial Rutsindura (Video)
25/06/2019 - 14:35
Nta muhinzi uzongera kubura inguzanyo, BK yabahaye ’IKOFI’
25/06/2019 - 14:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Kigali Peace Marathon (Video)
17/06/2019 - 22:26
Ihere ijisho amashusho yafatiwe mu kirere ya Kigali Peace Marathon
17/06/2019 - 12:59
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.