Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Basabye kwinjira mu gisirikare (RDF)//Perezida Kagame yarabibemereye
30/08/2019 - 09:22
Abaholandi n’Abayapani begukanye Rubavu Beach Volleyball
30/08/2019 - 09:17
Kaminuza y’Abadiventiste (AUCA) yujuje Ishuri ry’ubuvuzi // Itorero rigiye kwizihiza imyaka 100
24/08/2019 - 19:29
Abahanzi Ne-Yo na Meddy batumiwe mu birori byo #KwitaIzina19
20/08/2019 - 23:06
Diamond yarijije abakobwa b’i Kigali na bo bamukaragira umubyimba (Video)
18/08/2019 - 19:34
Moto zisanzwe zigiye kuvaho haze izikoresha amashanyarazi
14/08/2019 - 22:06
Aba basore berekanye udukoryo mu muhango wo gutaha Kigali Arena
14/08/2019 - 21:55
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Arena
12/08/2019 - 21:08
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.