Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Imipaka ihuza u Rwanda na DRC yafunguwe. Dore ibyishimo by’abaturage!
1/08/2019 - 22:32
Urukerereza rwashimishije abitabiriye umuhango wo gutangiza icyumweru cy’Umuganura
31/07/2019 - 03:06
#Umuganura2019: Abaraperi batangaje basusurukije abantu karahava
31/07/2019 - 01:01
Abakuru ba Banki Nkuru z’ibihugu muri Afurika bateraniye mu Rwanda
31/07/2019 - 00:21
Kigali: Imodoka itwaye magendu yakoze impanuka ihunga Police
29/07/2019 - 18:32
Abakobwa beza b’i Kigali bongereye ubwiza imurika "Shyuha Auto Show"
28/07/2019 - 16:35
ShaddyBoo yatunguye abitabiriye "Shyuha Auto Show" ubwo yinjiraga ari kuri moto
28/07/2019 - 00:09
#Kwibuka25: Ntigurirwa yakoze urugendo rwa 1,000km n’amaguru asakaza ubutumwa bw’amahoro mu Rwanda
25/07/2019 - 22:04
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.