Mu Mujyi wa Kigali igiciro cyabaye 59.28 FRW ku mugenzi ku kilometero, naho mu Ntara: igiciro kiba 41.58 FRW ku mugenzi ku kilometero.
Ibi biciro bishya byashyizweho hashingiwe ku izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli. Guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Mata 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00), Lisansi iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,303 kuri Litiro, naho Mazutu iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,205 kuri Litiro.
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byaherukaga kuvugururwa ku itariki 4 Werurwe 2026, aho Lisansi yaguraga 1,989Frw kuri litiro, bivuze ko yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 314 kuri litiro, mu gihe Mazutu yaguraga 1,948Frw kuri litiro, yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 257 kuri litiro.
Uko ibyo biciro biteye:
Ibitekerezo ( 31 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Nitwa kanani cylvin kuva kamonyi nyarubaka twishimiyeko mutugeza amakuru mashya kandi
Kugihe . Twiteguye gukurikiza ibyo biciro bishya byingendo
Bizarangiraryari???
Birababaje cyane peuhh ibiciro byi ngendo biri hejuru cyane ndetse ni byi biribwa 😢😢
Mugabanye pe
Mugabanye pe
Iyi tike ni nyinshi cyane