Mu Mujyi wa Kigali igiciro cyabaye 59.28 FRW ku mugenzi ku kilometero, naho mu Ntara: igiciro kiba 41.58 FRW ku mugenzi ku kilometero.
Ibi biciro bishya byashyizweho hashingiwe ku izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli. Guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Mata 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00), Lisansi iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,303 kuri Litiro, naho Mazutu iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,205 kuri Litiro.
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byaherukaga kuvugururwa ku itariki 4 Werurwe 2026, aho Lisansi yaguraga 1,989Frw kuri litiro, bivuze ko yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 314 kuri litiro, mu gihe Mazutu yaguraga 1,948Frw kuri litiro, yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 257 kuri litiro.
Uko ibyo biciro biteye:
Ibitekerezo ( 30 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Kombona bigoye cyane turabaho ute
Kombona bigoye cyane turabaho ute
Ndabona bikomeye pe! Nahanyagasani wenyine
Nahubundi tee ntituzabibasha
Ndabona bikomeye pe! Nahanyagasani wenyine
Nahubundi tee ntituzabibasha
Mudufashe nukur amafranga yarabuze kd mukaz dukora kaburimunsi twe ntituzamurwa mumushahara muturenganure nukur p tubaye tubashimiye
Mudufashe nukur amafranga yarabuze kd mukaz dukora kaburimunsi twe ntituzamurwa mumushahara muturenganure nukur p tubaye tubashimiye
Ibinubirakabije ariko mutuvuganire biss zomashanyari ntizurize ibiciro kuko ntagozinwa asanse
Mutubwre remera buhabwa nagahe
Ingendo zo muri Kigali atarizo mu ntara gusa
Kuva huye ujya nyabugogo nangahe
Huye nyabugogo nangahe
Nitwa kanani cylvin kuva kamonyi nyarubaka twishimiyeko mutugeza amakuru mashya kandi
Kugihe . Twiteguye gukurikiza ibyo biciro bishya byingendo