Mu Mujyi wa Kigali igiciro cyabaye 59.28 FRW ku mugenzi ku kilometero, naho mu Ntara: igiciro kiba 41.58 FRW ku mugenzi ku kilometero.
Ibi biciro bishya byashyizweho hashingiwe ku izamuka ry’ibikomoka kuri peteroli. Guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki 4 Mata 2026, saa kumi n’ebyiri za mu gitondo (6:00), Lisansi iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,303 kuri Litiro, naho Mazutu iragura Amafaranga y’u Rwanda 2,205 kuri Litiro.
Ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli byaherukaga kuvugururwa ku itariki 4 Werurwe 2026, aho Lisansi yaguraga 1,989Frw kuri litiro, bivuze ko yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 314 kuri litiro, mu gihe Mazutu yaguraga 1,948Frw kuri litiro, yiyongereyeho amafaranga y’u Rwanda 257 kuri litiro.
Uko ibyo biciro biteye:
Ibitekerezo ( 32 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Muraho ni daniel Inyamata kuri ttc nagirango mumbwire kuva inyamata muri gari ujya huye rugarama(Rusatira)ni angahe?
Muraho neza mutubarize ibiciro by’ingendo kuva mu mujyi wa kigali ugera mu majyepfo mu karere ka rubavu nanone mutubarize kuva mu mujyi wa kigali ujya mu ntara nyagatare murakoze
Ndabona abanyeshuri tuharenganiye
mutubire ibiciro byinge mumajyenfo murakoze
Mudufashe ku kibazo cy’amatike kiraremereye cyane pee.murakoz
Ndabona abantu tugiye babene wacu mu zindi ntara tutazongera kubonana
Nuku nibarebe kohari cyacyemuk biragoye kbis turashize
Turabinginze mutugabanyirize amatike
Nitwa Benjamin,abanyeshurini mutuvuganire ababyeyi bacu bari kurushywa na minirivare kimwe ni ingendo zabo yebabawee turapfuye pe
Nitwa Benjamin,abanyeshurini mutuvuganire ababyeyi bacu bari kurushywa na minirivare kimwe ni ingendo zabo yebabawee turapfuye pe
nukuturenganura p
Dufite icyibazo cyabacuruzi bazamuye ibiciro naho bitaringobwa Aho umufuka wamakara wavuye kumagaranga(14000frw) ukaba ujyeze kuri(20000frw) uramubaza Impamvu akakubwirako Ari Intambara yomuri IRAN yego Intambara Irahari arikonamakara aturuka muri IRAN mutuvuganirepe murakoze
Mutubwire ibiciro by’ingendo zo mu mujyi wa Kigali tumenye uko bihagaze bareke kutwiba.