• Minisitiri w’Intebe yasuye ikigega cya FARG ku buryo butunguranye

    Minisitiri w’Intebe, Pierre Damien Habumuremyi, tariki 02/02/2012, yaratunguranye asura bime mu bigo bya Leta, birimo Ikigega cya Leta gishinzwe gutera inkunga Abarokotse Jenoside (FARG) agamije imikorere y’ibi bigo nta nteguza yabanje kubaho.



  • Ikiganiro cyitabiriwe n

    “Afurika ikeneye imbaraga kugira ngo ihangane n’abifuza kuyikoresha ibyo bashaka” - Kagame

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 02/02/2012, muri Village Urugwiro, Perezida Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru baganira ku bibazo bitandukanye birebana n’ubuzima bw’igihugu ndetse no hanze yacyo.



  • Ruhango: Yagabiwe inka kubera igikorwa cy’ubutwari yakoze

    Mu birori byo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari, umugore witwa Mukandayambaje Cécile wo mu murenge wa Ruhango yagabiwe inka kubera igikorwa cy’ubutwari ubwo yemeraga kwakira no kurera umwana wari watawe na nyina.



  • Abanyarwanda baba muri Kongo bakomeje gutaha

    Abanyarwanda 24 babaga mu mashyamba yo muri RDC barimo umusirikari umwe ufite ipeti rya capitaine n’abana n’abagore 19 batahutse tariki 31/01/2012 binjiriye ku mupaka wa Rubavu.



  • Fred Gisa Rwigema

    Amateka y’intwali z’u Rwanda

    Intwali z’u Rwanda zigabanyijemo ibyiciro bitatu: Imanzi, Imena n’Ingenzi. Dore muri make amateka y’intwari twibutse uyu munsi.



  • Perezida Kagame yunamira intwari z

    Umunsi w’Intwari mu mafoto

    Kwibuka intwari z’u Rwanda byabereye mu midugudu ariko Perezida Kagame hamwe n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu bifatanyije n’imiryango y’intwari twibuka bashyira indabo ku mva zazo ziri i Remera mu mujyi wa Kigali. Dore amwe mu mafoto y’uwo muhango.



  • Ambasaderi Karega arakirwa na Perezida Zuma

    Ambasaderi w’u Rwanda muri Afurika y’Epfo, Vincent Karega, ari mu b’ambasaderi 27 baza kwakirwa na Perezida w’iki gihugu, Jacob Zuma, bamushyikiriza impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo muri Afurika y’Epfo.



  • Yabuze uko yivuza kuko atagira ibyangombwa

    Umusaza Mugure Paul w’imyaka 86 y’amavuko avuga ko afite indwara amaranye imyaka itanu bakaba baranze kumuvura kuko atagira ibyangombwa. Uyu musaza akomoka mu karere ka Nyamasheke ariko agenda acumbuka aho ageze kubera ko agenda ashakisha aho yabasha kwivuriza indwara na n’ubu ataramenya.



  • “Ntawavuga ubutwari adahereye ku bakiri bato” – Minisitiri Mitali

    Minisitiri ufite igikorwa cyo gutegura Umunsi w’Intwari mu nshingano ze, Protais Mitali, asanga ntawavuga ubutwari adahereye ku bakiri bato kuko aribo bazavamo intwari z’igihugu z’ejo hazaza.



  • Urubyiruko rukwiye gutegurwa kuba intwari hashingiwe ku muco w’indangagaciro

    Mu gitaramo gitegura umunsi w’intwari cyabereye mu ishuri rikuru Gatolika rya Kabgayi (ICK) ku mugoroba wa tariki 31/01/2012 hifujwe ko urubyiruko rwatozwa kuzavamo intwari zitangira igihugu hakiri kare.



  • Impunzi za Somaliya n

    Rwanda: kimwe mu bihugu 4 gusa byatanze inkunga byemereye Somaliya

    U Rwanda ruri mu bihugu bine gusa bwo muri Afurika byamaze gutanga inkunga byiyemeje gutanga mu gufasha Somaliya mu gihe ikibazo cy’inzara giterwa n’ibiza byagwiriye icyo gihugu gikomeje kwiyongera.



  • Diyosezi ya Ruhengeli yahawe umushumba mushya

    Nyuma y’imyaka irenga itanu Diyosezi ya Ruhengeli idafite umushumba wihariye, kuva tariki 30/01/2012 irayoborwa na Musenyeli Vincent Harolimana wari usanzwe ari umuyobozi wa Seminari ntoya yo ku Nyundo.



  • “U Rwanda ntirwahinduye umurongo warwo ku kibazo cya Libiya” – Umuvugizi wa Leta

    Umuvugizi wa Guverinoma akana na minisitiri w’ububanyi n’amahanga, Louise Mushikiwabo, yavuze ko u Rwanda rutigeze ruhindura aho rwari ruhagaze ku kibazo cya Libiya. Yabitangaje mu isozwa ry’inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe yaberaga i Addis Abeba muri Ethiopia.



  • Abafashwaga muri VUP bagiye kugabanywa

    Guverinoma y’u Rwanda iri gutegura gahunda yo kugabanya uturere twakorerwagamo gahunda yiswe Vision Umurenge Program (VUP). Iyi gahunda ifasha abaturage mu buryo bw’imfashanyo-ngoboka, abahabwaga akazi n’izindi nyungu zishingiye kuri iyo gahunda.



  • Umuyobozi wungirije wa Banki y’Isi yashimye ubukungu bw’u Rwanda

    Nyuma y’urugendo rw’iminsi itanu yagiriraga mu Rwanda, umuyobozi wungirije ushinzwe amajyambere arambye muri Banki y’Isi, Rachel Kyte, yavuze ko yashimye icyerecyezo cya Guverinoma y’u Rwanda cyo gushyiraho politiki ziganisha ku kuzamura ubukungu.



  • U Rwanda rwahawe igihembo cyo kurwanya Malariya

    Kuwa Mbere tariki 30/01/2012, Perezida Paul Kagame yashyikirijwe igihembo n’umuryango w’Abakuru b’ibihugu by’Afurika, kubera uburyo Leta y’u Rwanda ishyira ingufu mu kurwanya indwara ya Malariya.



  • Muhanga: Abaturage babangamiwe n’amafaranga basabwa ku bukode bw’ubutaka

    Abaturage batuye umujyi wa Muhanga ariko mu gice kigaragara ko kikiri icyaro barinubira ko amafaranga basabwa gutanga buri mwaka ku butaka ari menshi.



  • Umunsi w’intwali uzizihizwa ku rwego rw’umudugudu

    Umunsi w’intwari wizihizwa tariki ya mbere Gashyantare, uyu mwaka uzizihirizwa ku rwego rw’umudugudu aho Abanyarwanda b’ingeri zose bazahura maze bakaganire ku butwali, ibiranga intwali ndetse n’amateka y’itwari z’u Rwanda.



  • Perezida Kagame aganira n

    Perezida Kagame yakiriwe ku meza na Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia

    Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 29/01/2012 Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ari kumwe n’umufasha we bakiriwe ku meza na minisitiri w’intebe wa Ethiopia, Meles Zenawi.



  • Perezida Kagame yeteye igiti cy’u Rwanda ku biro bya AU

    Perezida Kagame, tariki 29/01/2012, yateye igiti mu mwanya u Rwanda rwagenewe imbere y’inyubako nshya y’umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe (AU) iri Addis Ababa muri Ethiopia.



  • Imbaga y’Abigaragambya itegereje Rusesabagina mu Buholandi

    Abantu bigaragambya mu murwa mukuru w’u Buholandi, La Haye, bategereje Paul Rusesabagina ugomba kugera muri iki gihugu, aho aributange ijambo mu muhango wo kwibuka Dr. Martin Luther King.



  • Congo Brazzaville yemeje itariki ntarengwa yo kurangiza ubuhunzi ku Banyarwanda babayo

    kuri uyu wa Gatandatu Minisiteri ishinze ibikorwa by’ikiremwamuntu muri Congo Brazzaville, yatangaje ko bashyizeho tariki 30/06/2012, nk’itariki ntarengwa yo kurangiza ubuhunzi ku Banyarwanda baba muri iki gihugu.



  • Perezida Kagame yari mu muhango wo gutaha icyicaro cy’Umuryango w’Afurika yunze Ubumwe

    Kuri uyu wa Gatandatu, Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu ruzinduko akomeje kugirira mu gihugu Cya Ethiopia, yanatashye inyubako izakoreramo icyicaro cy’umuryango w’Afurika yunze ubumwe, iri i Addis Abeba.



  • Perezida Kagame yitabiriye inama ya NEPAD

    Perezida Kagame uri mu gihugu cya Ethiopia, uyu munsi tariki 28/01/2012, yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu bagize komite ngena bikorwa y’umuryango NEPAD (Heads of State and Government Orientation Committee [HSGOC]).



  • Hatangijwe gahunda yo kurwanya imirire mibi

    Mu muganda wabereye mu karere ka Nyaruguru,uyu munsi tariki 28/01/2012, Leta y’u Rwanda yatangiye igikorwa cyo gushishikariza Abanyarwanda kurwanya imirire mibi n’indwara ziterwa nayo. Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu, ku rubuga rwa twitter, yatangaje ko kugeza ubu imiryango igera ku 16,000 mu gihugu hose yugarijwe (...)



  • Ikiganiro cyanyuze kuri radiyo Huguka imbona nkubone (live)

    Akarere ka Gakenke kageze kuri byinshi byiza ariko hari ibikibura

    Mu kiganiro cyo kumurikira abaturaga ba Gakenke ibyo akarere kagezeho hagaragaye ibikorwa byinshi bishimishije ariko imitangire ya servise iracyari hasi mu bice bimwe na bimwe nk’uko abaturage babigaragaje.



  • Nyanza: Umuforomo yishe umuntu amuteye inshinge 3 ahita atoroka

    Ngirabacu Desiré, umuforomo ku ivuriro “Gira ubuzima” riri mu kagari ka Kiruri mu murenge wa Mukingo mu karere ka Nyanza, kuva mu gitondo cya tariki 26/01/2012, yaratorotse nyuma yo gutera urushinge umugabo witwa Muhigana Alphonse agahita ahasiga ubuzima.



  • Musanze: umunyamabanga nshingwabikorwa yirukanywe ku kazi

    Inama njyanama idasanzwe y’akarere ka Musanze yateranye tariki 27/01/2012 yafashe icyemezo cyo kwirikana burundu umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Busogo, Iyamuremye Jean Damascène, azira gutwara gutwara amafaranga miliyoni abaturage bari barabikije muri SACCO y’umurenge.



  • Kagame yitabiriye inama ya AU

    Nyuma y’iminsi itatu ari mu gihugu cya Uganda, kuri uyu wa gatanu tariki 27/01/2012 Perezida Kagame yageze muri Ethiopia aho yitabiriye inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’Afurika yunze ubumwe (AU) izaba tariki 29 na 30/01/2012.



Izindi nkuru: