Indwara Andi makuru »

Rusizi: Ubushakashatsi kubitera impfu z’abana n’ababyeyi buratanga icyizere cyo kuzikumira

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 15:50'
Ibitekerezo ( )

Abaganga n’abaforomo bakora mub itaro bikuru no mu bigo nderabuzima byo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko ipfu z’abana n’ababyeyi ziterwa n’uburangare ndetse na serivisi z’ubuvuzi zitegereye abaturage cyane cyane mu masaha ya ninjoro aho aho umurwayi aremba nta bone uko agera kwa muganga.

Yoherejwe muri Kenya kuko mu Rwanda nta mashuri yigisha abatabona yari ahari

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 10:41'
Ibitekerezo ( )

Donatila Kanimba, ni Umunyarwandakazi w’imyaka 53 utabona, akaba anakurikiye ubumwe nyarwanda bw’abatabona ndetse, akaba ari nawe wagize igitekerezo cyo gushinga ubu bumwe mu 1994.

Ngororero: Urugaga rw’ababana n’ubwandu bwa virusi itera SIDA mu nzira yo kwikemurira ibibazo

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 17:21'
Ibitekerezo ( 1 )

Abanyamuryango bibumbiye mu rugaga rw’ababana n’ubwandu bwa Virusi itera SIDA bo mu karere ka Ngororero baratangaza ko bahagurukiye gushaka umuti w’ibibazo bahura nabyo aho gutekereza impano n’inkunga biturutse ahandi.

Ubuvuzi Andi makuru »

Huye: Umusaza Batura azi ubwoko 360 bw’ibyatsi bivura

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 12:36'
Ibitekerezo ( 3 )

Umusaza witwa Christophe Batura, atuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye avuga ko azi ubwoko bw’ibyatsi 360 yifashisha mu kuvura indwara zitandukanye.

Kurwanya idwara z’ibyorezo byacishijwe mu mashuli

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2013 - Saa: 16:20'
Ibitekerezo ( )

Kugabanya indwara z’ibyorezo n’izifata abantu ziturutse ku nyamanswa niyo ntego ya One Health Student’s Club ikorera muri kaminuza Umutara Polytechnic no mu ishuli ry’ubuforomo n’ububyaza rya Nyagatare yafunguwe ku mugaragaro.

Kisaro: Hari abaturage batabona uko bivuza kuko bibuze ku rutonde

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 11:20'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Kisaro mu karere ka Rulindo, baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kubona uko bivuza kuko bibuze ku rutonde rw’abagomba kurihirwa mu ubwisungane mu kwivuza.

Urusobe rw’ubuzima Andi makuru »

Yategereje ko amera amenyo araheba none yujuje imyaka 32 y’amavuko

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 16:16'
Ibitekerezo ( 8 )

Musabyimana Sylvestre bakunze kwita “Magori” utuye mu kagari ka Gisiza mu murenge wa Musasa mu karere ka Rutsiro afite imyaka 32 y’amavuko ariko nta menyo yigeze amera.

Uburyo turyamamo ngo bufite icyo busobanura ku myitwarire yacu

Yanditswe ku itariki ya: 2-05-2013 - Saa: 15:47'
Ibitekerezo ( 2 )

Ubushakashatsi bwashyizwe ahagaragara n’ikinyamakuru The Daily buvuga ko imiryamire ya muntu ifite byinshi isobanura ku myitwarire ye iyo abyutse. Abantu bakunda kuryama bagaramye ngo babyuka mu gitondo bameze neza nta mavunane kandi bafite amerwe yo gutangira umunsi mushya.

Kuba Mugisha atabona ngo ntibimubuza kugirira akamaro igihugu cye

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 15:26'
Ibitekerezo ( 3 )

Umusore witwa Mugisha Jacques ufite ubumuga bwo kutabona aratangaza ko nubwo afite ubu bumuga bitamubuza kujya mbere no kugirira akamaro igihugu cye.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile