• Ingaruka zo kwicarira ikofi cyangwa kwicara umuntu yihengetse

    Kwicarira ikofi (wallet) ku bagabo, byagira ingaruka ku buzima bwabo

    Abagabo n’abasore benshi bakunze gushyira ikofi cyangwa se wallet mu mifuka y’amapantalo y’inyuma, kuko baba batwaramo ibyangombwa bitandukanye bitwaza cyangwa se n’amafaranga, rimwe na rimwe ukabona izo kofi zibyimbye cyane, kandi no mu gihe bagiye kwicara ntibabanze kuzivana mu mifuka, ahubwo bakazicarira.



  • Ibyitwa ‘amacandwe y’inzoka’ bishobora gutera inyamaswa kugira isesemi ikaruka

    Ushobora kuba warigeze kugendagenda ku gasozi maze ukabona ku byatsi utuntu tumeze nk’ifuro abantu bakunze kwita amacandwe y’inzoka, ariko ngo baba bazibeshyera nk’uko impuguke mu bijyanye n’ibinyabuzima zibisobanura.



  • Imwe mu modoka zibasiwe n

    Inkongi zibasira imodoka ziterwa n’iki?

    Mu bugenzuzi bwakozwe na Polisi ku nkongi zagiye zibasira imodoka mu bihe bitandukanye, basanze zimwe mu mpamvu zishobora gutera izi nkongo, harimo gukoranaho kw’insinga ndetse no kudashyira amazi ahabugenewe ku modoka zo hambere, bikaba byanaterwa n’impanuka igihe lisansi cyangwa mazutu ihuye n’igishashi cy’umuriro.



  • Iyo inzovu zishyingura zibanda cyane ku guhisha umutwe n

    Inzovu na zo zishyingura abana bazo iyo bapfuye (Ubushakashatsi)

    Inzovu zo muri Aziya ziririra abana bazo iyo bapfuye zikanabashyingura nk’uko byagaragajwe n’ubukashashatsi bwazikozweho.



  • Imiti ihindura imisatsi yatera kanseri

    Imiti ikoreshwa mu guhindura imisatsi ishobora gutera kanseri y’ubwonko - Ubushakashatsi

    Ubushakashatsi bwakozwe n’Ikigo cyo muri Kenya gishinzwe ubushakashatsi mu buvuzi (Kenya Medical Research Institute/KEMRI), bwagaragaje ko ikinyabutabire cya formaldehyde kiboneka mu miti ikoreshwa mu kudefiriza, ari uburozi bwatera kanseri y’ubwonko, cyangwa se bukangirika umuntu akajya yibagirwa bikabije.



  • Dore zimwe mu nyamaswa zirama kurusha umuntu

    Umuntu iyo agejeje ku myaka 80 kuri ubu bavuga ko akuze, yageza ku myaka 100 bakavuga ko yaramye, ariko mu nyamaswa hari izigeza ku myaka magana ane.



  • Ibyiza byo gusinzira neza ku bantu bo mu byiciro bitandukanye by’imyaka

    Gusinzira neza kandi amasaha ahagije bifasha mu kugira ubuzima bwiza ku bantu bari mu byiciro by’imyaka itandukanye, kandi kudasinzira uko bikwiye bikagira ingaruka mbi ku buzima harimo kuba byatuma ubwonko budakora neza, guhinduka mu myifatire no kunanirwa kugenzura amarangamutima nk’uko byemezwa n’inzobere mu buzima.



  • Tariki 29 Gashyantare: Isabukuru nziza ku ‘Batarutsi’

    Abantu bavutse ku itariki 29 Gashyantare, ntibagira amahirwe yo kwizihiza umunsi w’amavuko buri mwaka nk’abandi kubera ko iyo tariki ibaho rimwe mu myaka ine, bigatuma umwaka bawita ‘Umwaka Utaruka’, ‘Umunsi Utaruka’, n’abavutse kuri uwo munsi bakabita ‘Abatarutsi’ biva ku nshinga Gutaruka.



  • Kugenda utambaye inkweto bifasha imitsi y’umubiri gukora neza

    N’ubwo kwambara inkweto ari isuku ndetse bikaba birinda n’indwara zimwe na zimwe zishobora guterwa no gukandagira hasi ahantu handuye hari za mikorobe zitagaragara, ariko na none kugenza ibirenge bitambaye inkweto mu rugo cyangwa se ahantu hasukuye, bigakorwa rimwe na rimwe ngo ni byiza nk’uko bisobanurwa na Dr. Meghan (...)



  • Wakwirinda ute kugirwaho ingaruka ziterwa n’ibikoresho by’ikoranabuhanga

    Ubushakatsi butandukanye, harimo n’ubwakozwe na Kaminuza ya SanFrancisco muri Leta ya Calfornia muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, bwagaragaje ko umuntu usanzwe ufite ibikoresho by’ikoranabuhanga, amara nibura amasaha arindwi ku munsi ari kuri interineti. Iza ndetse zikaba zaba nyinshi kurushaho ku bantu bakora akazi (...)



  • Menya akamaro k’umuziki n’ibindi bifasha umwana uri munda ya nyina

    Burya umuziki uri mu bintu bifasha umwana uri munda ya nyina gukura neza, ndetse bikamufasha no gukuza imitekerereze y’ubwonko bwe, bigatuma yumva anaguwe neza.



  • Menya uburyo bwiza bwo kuruhuka uko bikwiye

    Kuryama amasaha hagati y’arindwi n’umunani bigufasha kuruhuka ariko si bwo buryo bwonyine bwo kuruhura ubwonko n’umubiri, kuko hariho uburyo bwinshi bwo kuruhuka kandi neza.



  • Umupfumu Craig Hamilton-Parker

    Umugabo wigeze guhanura Covid-19 yahanuye ko Putin azapfa mu 2024

    Umupfumu kabuhariwe wo mu Bwongereza yahanuye ko Perezida Putin ari hafi kwitaba Imana naho umuhanzikazi Taylor Swift agatwita muri uyu mwaka.



  • Perezida wa Guinée Conakry Gen Mamady Doumbouya

    Perezida Gen Mamady Doumbouya ni muntu ki?

    Général Mamady Doumbouya ni Perezida w’Inzibacyuho wa Guinée Conakry kuva mu kwezi k’Ukwakira 2021, nyuma yo guhirika ubutegetsi bwa Perezida Alpha Condé tariki 05 Nzeri 2021.



  • Reba amagambo atangaje ajya yandikwa ku modoka

    Ku bantu bakunze gukora ingendo mu mihanda minini nk’umuhanda Kigali- Rusumo, Kigali-Huye, Kigali- Gatuna, Kigali-Rusizi, n’ahandi, bajya babona amagambo aba yanditse ku makamyo atwara imizigo, ariko no muri Kigali izo kamyo zanditseho amagambo atangaje ziraboneka, ikibazo kikaba ari ukumenya ngo abayandikaho, baba bashaka (...)



  • Menya ibyiza n’ibibi by’icyayi cya ‘Mukaru’

    Mukaru cyangwa se icyayi cy’umukara (Le the noir/black tea), ni icyayi kiboneka mu mababi y’icyayi cyo mu bwoko bwa Thea sinensis/ Camellia sinensis, hakabaho kumishwa mu buryo kimeze nk’igitaze. Kimwe n’icyayi cy’icyatsi (The vert/ Green tea), byose bihuriye ku kuba byifitemo ikinyabutabire cyitwa caffeine.



  • Isukari yanyuze mu ruganda ni yo mbi cyane

    Ibimenyetso 14 byerekana ko isukari yakubayemo nyinshi

    Isukari ni kimwe mu birungo by’ingirakamaro kuko ifasha mu kuryoshya ibiribwa n’ibinyobwa bitandukanye. Ariko rero iyo isukari ibaye nyinshi mu mubiri, igira ingaruka mbi ku buzima ari yo mpamvu tugiye kurebera hamwe ibimenyetso bishobora kukwereka ko ufata isukari irenze urugero.



  • Vaseline Colgate Lunettes

    Wabigenza ute mu gihe indorerwamo (lunettes) zawe zakobotse?

    Ibirahure by’indorerwamo (lunettes/glasses), bikunze gukoboka bitewe no kwikuba ku bintu bitandukanye. Bishobora gukoborwa n’ibyo zibikanye nabyo mu masakoshi y’abadamu, cyangwa se umuntu yazirambitse ku meza ibirahure bireba hasi.



  • Imbatabata

    Menya ikimera cyitwa ‘imbatabata’ kivura imyanya y’ubuhumekero

    Imbatabata ni icyatsi gikoreshwa nk’umuti uvura indwara nyinshi. Iki kimera kirimo amoko agera kuri 250, cyamenyekanye guhera kera cyane mu Bugereki, kigenda gikwirakwira mu Burasirazuba no mu Burengerazuba.



  • Kwibuza kwitsamura ni bibi ku buzima

    Kwibuza kwitsamura bishobora kugira ingaruka ku buzima

    Nubwo hari abantu bajya bibuza kwitsamura ugasanga bapfutse umunwa n’amazuru, byose kugira ngo batitsamura urusaku rugasohoka, ariko hari ibibazo bishobora guterwa no kwibuza kwitsamura, mu gihe hari ababyibuza, banga kubangamira abo bari kumwe.



  • Menya imisemburo itera ibyishimo n’aho iva

    Kwikuda, kwishima, guseka, kugira impuhwe, ibi byose biterwa n’imisemburo. Iyo bita imisemburo y’ibyishimo, ese iyi ni iyihe?



  • Dore ibyiza byo gushyira imbuto za watermelon ku mafunguro ya buri munsi

    Watermelon ni urubuto ubundi rugizwe n’amazi ku kigero cya 92%, rukigiramo n’izindi vitamine n’ubutare butandukanye, bituma ari urubato rw’ingenzi ku buzima bw’abantu bakunda kururya. Gusa, imbuto zo muri watermelon na zo zikize ku ntungamubiri.



  • Uko warwanya udusimba tw’ibiheri mu rugo iwawe

    Kabeyi Jeannette utuye ku Gisozi mu Karere ka Gasabo avuga ko ntako mu rugo iwe batagize ngo barwanye ibiheri mu buriri no mu ntebe bicaramo, ariko bikaba byaranze kugenda.



  • Gutekesha amavuta inshuro zirenze imwe bishobora gutera indwara zidakira

    Abahanga mu by’imirire bavuga ko Atari byiza gutekesha amavuta y’ubuto inshuro nyinshi, kuko bigira ingaruka ku buzima bw’umuntu.



  • Amabara y

    Menya intungamubiri ziba mu muceri, umubiri ukeneye

    Umuceri ni ikiribwa gifite inkomoko mu bihugu byo muri Aziya nk’Ubushinwa n’Ubuhinde, kuri ubu kikaba cyarabaye ifunguro rikundwa na benshi mu batuye isi.



  • Hari abana bonka izindi ntoki zitari igikumwe

    Konka intoki: Impamvu n’umuti wabyo

    Konka intoki cyane cyane urutoki rw’igikumwe ni ibintu bisanzwe mu bana. Ariko hari igihe kigera ukabona birakabije, ugatangira kwibaza uko wabimucaho bikagushobera. Ese hari uburyo umuntu ashobora gufasha umwana kureka konka intoki bigashoboka?



  • Alba & Rosie

    Ibihangano byashushanyijwe n’imbwa bizagurishwa akayabo

    Imbwa n’injangwe zatawe na ba shebuja kubera kubura ubushobozi bwo kuzitaho zikomeje kubyazwa umusaruro n’umuryango wiyemeje kuzitaho.



  • Uko usobekeranya amaguru wicaye bifite icyo bivuze ku myitwarire yawe

    Abahanga mu myitwarire ya Muntu bemeza ko uburyo umuntu yicara asobekeranyije amaguru cyangwa akagereka akaguru ku kandi, ari kimwe mu bishobora kugaragaza imyitwarire y’umuntu n’uko yiyumva muri we muri ako kanya.



  • Ni iki cyagukiza imbeba mu rugo iwawe?

    Umubyeyi watubwiye ko yitwa Jacqueline, akaba atuye mu Gatenga mu Karere ka Kicukiro, ni umwe mu bavuga ko imbeba zamujujubije mu rugo iwe, ariko akaba yanageze iwabo ku Gisozi agasanga ho zarabaye icyorezo.



  • Ni izihe mpamvu zitera amaso guturumbuka akava mu mwanya wayo usanzwe?

    Bivugwa ko umuntu afite indwara y’amaso aturumbutse cyangwa ‘Exophtalmie’ iyo ijisho rye rimwe cyangwa se amaso yombi ava mu mwanya wayo usanzwe ukabona yaje imbere cyane ku buryo budasanzwe, akenshi bitewe no kubyimba kw’imikaya (muscles), n’ibindi bigize igice cy’inyuma y’ijisho.



Izindi nkuru: