Ingabo z’igihugu zatangiye gufasha abaturage mu bikorwa bibagirira akamaro, gahunda izamara igihe kigera ku mezi atatu zizenguruka hirya no hino mu gihugu.
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 20 mata 2018, ibikorwa by’ingabo mu iterambere ry’abaturage, byahoze byitwa Army Week, byatangijwe hirya no hino mu gihugu.
Igikomangoma cy’Ubwongereza Harry yagizwe umuyobozi w’ikigo cyitwa Africa Parks gishinzwe amaparike muri Afurika arimo na Pariki y’Akagera.
Ku mugoroba wo ku wa 24 Ukuboza hirya no hino abantu batangira gushyashyana, bitegura ibirori bya Noheri iba iri bube ku munsi ukurikira.
Ku wa Gatanu tariki 1 Ukuboza 2017, Ikinyamakuru cyandikirwa muri Canada cyitwa "La Presse", cyatangaje inkuru ivuga ko Dr Leon Mugesera ufungiye ibyaha bya Jenoside muri gereza ya Nyanza arembye bikomeye, kandi ko Leta y’u Rwanda yamutereranye.
Nk’uko bisanzwe buri wagatandatu wanyuma w’ukwezi, mu gihugu hose hakorwa umuganda rusage. Ahenshi uyu muganda wibanze ku gutera ibiti birwanya isuri, gusibura imihanda n’isuku muri rusange.
Biragoye guhuza umuntu n’imyaka ye ariko iyo uhuye na Senateri Tito Rutaremara bikugora kurushaho.Rutaremara ni umwe mu basaza b’inararibonye wabaye umuyobozi mu bintu byinshi, harimo no kuba yari umwe mu bayoboye urugamba rwo kubohora igihugu.
Nk’uko bisanzwe buri wa gatandatu usoza ukwezi, uyu munsi mu gihugu hose hakozwe umuganda usoza ukwezi kw’Ukwakira 2017. Hirya no hino hatewe ibiti mu rwego rwo kurwanya isuri no kubungabunga ibidukikije.
Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu iherutse kugaragaza ibinyoma bikubiye muri Raporo y’Umuryango Human Rights Watch ishinja inzego z’umutekano z’u Rwanda kwica abashinjwa ubujura.
Hirya no hino mu gihugu mu turere dutandukanywe hatashywe imidugudu y’icyitegerezo izatuzwamo abaturage batishoboye barimo n’abakuwe mu manegeka.
Ibirego bya David Himbara byagaragaye ko ari nta shingiro bifite nyuma y’uko bari bishyuye asaga miliyoni 370Frw ngo bahabwe umwanya wo kurega u Rwanda kuri Kongere ya Amerika.
Minisitiri w’imicungire y’ibiza n’impunzi De Bonheur Jeanne d’Arc arasaba abaturage kwirinda ibiza mu gihe bubaka bakibuka kuzirika ibisenge by’inzu zabo.
Kigali Today, mu gushakisha ukuri nyako, yakomeje iperereza ryimbitse ku nkuru yari yanditswe ku wa 31 Kamena yavugaga ko Théophile Ndagijimana – Animateur w’ikigo cy’amashuri cy’i Kansi (Groupe Scolaire Saint François d’Assise) yaba akorana imibonano mpuzabitsina na bamwe mu banyeshuri b’abahungu.
Abaturage n’abayobozi babo bafatanyije n’inzego z’umutekano hirya no hino mu gihugu bazindukiye mu gikorwa cy’umuganda usoza ukwezi kwa Kanama.
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi batuye mu Mujyi wa Atlanta muri Leta ya Georgia ho muri Amerika (USA), bizihije intsinzi ya Perezida Paul Kagame, watsindiye kongera kuyobora u Rwanda, akaba yari n’umukandida wa FPR-Inkotanyi.
Imvura yaguye hirya no hino mu gihugu ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 17 Kanama 2017 hari aho yateje imyuzure.
Abahagarariye umugabane wa Afurika muri Amerika, Abanyarwanda baba muri icyo gihugu n’inshuti z’u Rwanda bakoze ibirori byo kwishimira intsinzi ya Perezida Paul Kagame wongeye gutorerwa kuyobora u Rwanda.
Mu gihe habura amasaha make ngo Abanyarwanda batuye mu Rwanda batore Perezida wa Repubulika, hirya no hino mu gihugu batangiye imyiteguro.
Paul Kagame umukandida wa FPR, yahishuye ko Leta y’u Rwanda yagerageje gukangurira Twagiramungu Faustin, wahunze igihugu, gutahuka ariko akinangira.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje kwiyamamaza kuri uyu wa kane tariki ya 27 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje kwiyamamaza kuri uyu wa kabiri tariki ya 25 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje kwiyamamaza kuri uyu wa mbere tariki ya 24 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje kwiyamamaza kuri iki cyumweru tariki ya 23 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje kwiyamamaza kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda, umukandida wiyamamariza kuyobora u Rwanda yakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa gatanu tariki ya 21 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa kane tariki ya 20 Nyakanga 2017.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje ibikorwa byo kwiyamamaza kuri uyu wa gatatu tariki ya 19 Nyakanga 2017.
Abanyamuryango ba FPR-Inkotanyi mu turere dutandukanye tw’igihugu bakomeje guhurira hamwe bakamamaza umukandida wabo, Paul Kagame.
Frank Habineza w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda na Mpayimana Philippe abakandida biyamamariza kuyobora u Rwanda bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza kuri uyu wa kabiri tariki ya 18 Nyakanga 2017.
Ikamyo yo mu bwoko bwa Fuso yamanukaga mu muhanda wa Kinyinya mu mujyi wa Kigali yikoreye amabuye, yabuze feri igwa munsi y’umuhanda hejuru y’inzu.