
RURA yavuze ko igiciro cya Lisansi i Kigali kitagomba kurenza amafaranga y’u Rwanda 976 kuri litiro, naho igiciro cya Mazutu i Kigali, kikaba kitagomba kurenza amafaranga y’u Rwanda 923 kuri litiro.
RURA ivuga ko iri hinduka ry’ibiciro rishingiye ku ihinduka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli ku rwego mpuzamahanga.
Ohereza igitekerezo
|
Nibyizakuba mwatubwiye ukobyahindutse ariko mwakagobye noku tubwira uko byaribihagaze mbere y uko bihinduka nutarusanzwe abizi akamenya niba ibiciro byuriye cg byagabanunse murakoze.
amakuru ntabwo yuzuye, nta no kuvuga ibiciro byari bisanzwe
Mwiriwe neza?
Mutubarize RURA, iyo batangaje gutyo ibiciro i Kigali mu ntara naho bakurikiza ibya Kigali cg bakurikiza ibyaribisanzwe?
Badusobanurire.
Murakoze
Ese kuribi biciro mutubwiye nibyiza ariko muduhe naho byari biri. Kuryo tangazo cyangwa amabwiriza,amategeko