Ikipe ya Miroplast ibuze ku kibuga mu mukino wagombaga kuyihuza na Rayon Sports kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ku munsi wa 25 wa shampiyona y’umupira w’amaguru m’u Rwanda,mu mikino umwe wabaye kuri uyu wa kane wahiriye APR FC nyuma yo gusura Musanze FC ikayitsinda ibitego 2-1.
Mu mpera z’iki cyumweru hateganyijwe imikino itandukanye, aho ikipe y’igihugu y’amagare ariyo yonyine irihanze y’u Rwanda
Kayiranga Baptiste yamaze kwerekeza mu ikipe ya Alliance Sports Club yo mu cyiciro cya mbere muri Tanzania
Ikipe ya Rayon Sports yongeye gushimisha abafana, ubwo yatsindaga Etincelles ikanayisezerera mu gikombe cy’Amahoro kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Mu mukino w’umunsi wa 24 wa Shampiona, Kiyovu ku Mumena ihanyagiriye AS Kigali ibitego 4-1, iyibuza gufata umwanya wa mbere
Nyuma y’aho ikipe y’igihugu ya Handball yakiriwe muri Gare ya Nyabugogo, MINISPOC iratangaza ko yiteguye kuyishyigikira mu marushanwa bafite imbere
Imikino itarakiniwe igihe muri Shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yamaze gushyirwa muri Kamena 2018, mu nama yahuje abayobozi b’amakipe
Mu irushanwa rya Handball rihuza ibihugu bigize akarere ka Gatanu, u Rwanda rutsinze Uganda rwegukana igikombe
Mu isiganwa mpuzamahanga ryitiriwe amahoro ryabereye mu Rwanda, Nyirarukundo Salome na Hitimana Noel biegukanye imyanya ya mbere mu gice cya Marathon
Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yasezerewe na Zambia, mu guhatanira itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizabera muri Niger umwaka utaha.
Uwizeyimana Bonaventure ukinira ikipe ya Benediction Club yegukanye isiganwa ry’amagare ryiswe ”Farmers Circuit.”
Mu mpera z’iki cyumweru mu Rwanda hateganijwe imikino itandukanye, ndetse n’amakipe atandukanye ari mu marushanwa hanze y’u Rwanda
Ikipe y’igihugu ya Handball y’abatarengeje imyaka 20 inyagiye u Burundi ibitego 37 kuri 22, ihita ibona itike yo gukina 1/2 mu gikombe IHF Challenge Trophy kiri kubera muri Uganda.
Ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 yamaze kugera i Lusaka muri Zambia, aho igomba gukina umukino wo kwishyura na Zambia kuri uyu wa Gatandatu
Ikipe ya Rayon Sports inganyirije na Young Africans muri Tanzania ubusa ku busa, mu mukino wabereye muri Tanzania
Ubuyobozi bwa CECAFA bwamenyesheje ikipe ya Rayon Sports ko igomba kwitabira irushanwa rizatangira mu kwezi gutaha, guhera tariki ya 28 Kamena kugeza 12 Nyakanga 2018, rikabera i Dar -es-Salam mu gihugu cya Tanzania.
Mu irushanwa rya Handball ryitwa IHF Challenge trophy riri kubera Uganda, aho itsinze Uganda ibitego 30 kuri 29
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere nibwo ikipe ya Rayon Sports yagaragaje mu buryo bwemewe, ikoti izajya yambara yasohotse.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Afurika ryatangaje ko Usengimana Faustin agomba gusiba umukino Yanga yo muri Tanzania izakiramo Rayon Sports
Mu mukino ubanza wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo, Amavubi y’abatarengeje imyaka 20 yahatsindiwe ibitego 2-0 n’iya Zambia y’abatarengeje imyaka 20
Abakinnyi 14 bagize ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 mu mukino wa Handball, barerekeza i Kampala muri Uganda, gukina irushanwa rizwi nka IHF Challenge trophy
U Rwanda rugiye kwakira ku nshuro ya 14 isiganwa mpuzamahanga ry’amahoro, bikaba biteganyijwe ko rizatwara Milioni 120 z’amafaranga y’u Rwanda
Uretse gutsindwa muri ruhago byagwira uwo ari we wese,nk’Umunyarwanda wavuze ko umupira widunda, hari ibintu byo hanze y’ikibuga byagiye bituma amakipe atura kure y’inzozi zo kwegukana igikombe cy’Isi.
Umutoza wa Rayon Sports Ivan Minaert yafatanye mu mashati n’umuyobozi wungirije w’iyi kipe Muhirwa Prosper amuziza ko yari aguriye abakinnyi amata.
Ikipe ya Rayon Sports inganyije na Mukura ubusa ku busa, mu mukino w’umunsi wa 20 wabereye kuri Stade Huye
Rwatubyaye Abdul wari umaze umwaka adakina, aratangaza ko yumva ahagaze neza ku buryo yiteguye gusubira mu bihe byiza yahozemo
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gufata icyemezo cyo gusubika CECAFA y’abagore yagombaga kubera mu Rwanda.
Mu mukino w’umunsi wa 20 wa Shampiona wabereye kuri Stade ya Kigali, AS Kigali itsinze Espoir Fc ibitego 2-0.