• Abashoferi b

    Abashoferi b’amakamyo bahuguwe ku buryo bagabanya imyuka ihumanya ikirere

    Abashoferi b’amakamyo bakora ubwikorezi banyura mu Muhora wa ruguru (Northern Corridor) berekeza cyangwa bava i Mombasa muri Kenya, ku wa Mbere tariki 19 Nzeri 2022, batangiye amahugurwa abera i Kigali, agamije kubakangurira gutwara ibinyabiziga ariko baharanira kugabanya imyuka ihumanya ikirere.



  • Ruhurura iri hagati y

    Ruhurura z’i Kigali zigiye guterwamo imigano

    Minisiteri y’Ibidukikije ku bufatanye n’Umujyi wa Kigali, igiye gutangira gutera imigano igera ku 2,500 muri za ruhurura zo muri uyu mujyi guhera mu mpera z’uku kwezi kwa Nzeri 2022, kugera muri Mutarama mu mwaka utaha wa 2023.



  • Imyanda itabwa mu kiyaga cya Kivu myinshi ituruka mu mujyi wa Goma ikaruhukira ku nkombe z

    Imyanda ya pulasitiki itabwa mu Kivu igabanya umusaruro w’isambaza - Impuguke

    Buri mwaka u Rwanda rufata amezi abiri yo guhagarika uburobyi mu kiyaga cya Kivu, kugira ngo amafi n’isambaza bishobore kororoka bitekanye. Kimwe mu bivugwa ko bitera umusaruro w’isambaza kugabanyuka, harimo imyanda itabwa mu kiyaga cya Kivu ituma hari izipfa.



  • Tekinoloji ya Do-Nou yo gupakira igitaka mu mifuka ije kunganira ubundi buryo bwari busanzweho bwo gukora imihanda no kuyisana

    Musanze: Barifashisha imifuka itsindagiyemo igitaka mu gusana imihanda

    Bamwe mu rubyiruko rwo mu Karere ka Musanze, batangiye kwifashisha uburyo bwo gusana imihanda bakoresheje imifuka batsindagiramo igitaka; iyo mihanda batunganya, ikaba yari yarangijwe bikomeye n’imvura igwa, cyangwa imodoka ziremereye ziyinyuramo. Kuba yari yarangiritse, ngo byabangamiraga imihahiranire hagati y’abaturage, (…)



  • Urugero rw

    U Rwanda rurifuza imijyi itoshye yiganjemo ibiti

    Minisitiri w’Ibidukikije, Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya, aganira na Kigali Today, yagaragaje ko u Rwanda rwifuza imijyi n’imidugudu bitoshye, mbese biri mu ishyamba nk’uko bimeze mu Kiyovu cy’abakire mu Mujyi wa Kigali.



  • Abaturage bishimiye kuba umuhango wo Kwita Izina ugiye kongera gukorwa imbona nkubone

    #KwitaIzina2022: Imyiteguro irarimbanyije

    Nyuma y’imyaka ibiri ishize umuhango wo Kwita izina abana b’Ingagi, uba mu buryo bw’ikoranabuhanga, kubera icyorezo cya Covid-19, abaturage biganjemo abo mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze, bishimiye ko uyu muhango ugiye kongera kuba imbona nkubone, aho biteze kwakira imbaga y’abashyitsi bazaba baturutse imihanda yose (…)



  • Abana 20 b’Ingagi bagiye kwitwa amazina

    Urwego rw’Igihugu rw’iterambere (RDB), rwatangaje ko umuhango wo Kwita Izina uyu mwaka uzaba ku ya 2 Nzeri mu Kinigi, mu Karere ka Musanze, nyuma y’imyaka ibiri uyu muhango utaba imbonankubone kubera icyorezo cya Covid-19.



  • Hegitari zisaga ibihumbi 50 zizaterwaho ibiti bivangwa n’imyaka muri 2022/2023

    Ikigo cy’Igihugu gishinzwe amashyamba (RFA), gitangaza ko mu mwaka wa 2022/2023 bateganya gutera ubuso burenga hegitari 50,000, buriho ibiti bivangwa n’imyaka.



  • Imbabura zirondereza ibicanwa zigera ku bihumbi 12 ni zo zizahabwa abaturage

    Nyabihu: Ingo zisaga ibihumbi 12 zigiye guhabwa imbabura za rondereza

    Ingo zisaga ibihumbi 12 zo mu Karere ka Nyabihu, zigiye gushyikirizwa imbabura za kijyambere zirondereza ibicanwa, muri gahunda y’umushinga wo kubungabunga ibidukikije no guhangana n’ikibazo cy’imihindagurikire y’ikirere.



  • Umuhanda utunganyijwe ugakomeza kubungabungwa ugira uburambe bw

    Nyabihu: Barabungabunga imihanda bifashishije imifuka batsindagiramo igitaka

    Abiganjemo abasore n’inkumi bahagarariye abandi, baturuka mu Mirenge yose igize Akarere ka Nyabihu, bari bamaze iminsi 10, bigishwa tekiniki yitwa Do-Nou, yo gusana imihanda yangiritse, baravuga ko bagiye gusakaza ubu bumenyi mu bandi, kugira ngo babashe guhangana n’ingaruka zituruka ku iyangirika ry’imihanda yo hirya no (…)



  • Kwagura Pariki y

    Umushinga wo kwagura Pariki y’Ibirunga uzatwara asaga miliyoni 299 z’Amadolari

    Umushinga wo kwagura Pariki y’Igihugu y’Ibirunga ku buso bwa Km2 37.4, uzatwara Amadorari 299,156,422 ashobora kurenga, ukomeje gutangwaho ibitekerezo n’inzego zinyuranye zirimo abafatanyabikorwa mu bigo bitegamiye kuri Leta, higwa uburyo uwo mushinga uzashyirwa mu bikorwa mu myaka 15 uzamara.



  • Ntiharamenyekana igitera iyi nkongi.

    Abaturarwanda barasabwa kwirinda ibyateza inkongi zakwibasira amashyamba

    Kubera ko u Rwanda ubu ruri mu gihe cy’impeshyi kirangwa ahanini n’izuba ryinshi, rituma bimwe mu byatsi byuma ku buryo bishobora gufatwa n’inkongi z’umuriro byoroshye bikaba byakongeza amashyamba, abaturarwanda bose barakangurirwa kwitwararika, birinda ibikorwa ibyo ari byo byose byateza inkongi.



  • Inkura z’umweru zarekuriwe mu bice byose bya Pariki y’Igihugu y’Akagera

    Ku Cyumweru tariki 24 Nyakanga 2022, Ubuyobozi bwa Pariki y’Igihugu y’Akagera bwatangaje ko inkura z’umweru kuri ubu zamaze gufungurirwa ibice byose by’iyo Pariki, nyuma y’igihe zikurikiranwa mu byanya byihariye.



  • Inama ku kwita ku mashyamba izabera mu Rwanda muri 2025

    U Rwanda rwishimiye kuzakira inama ku kwita ku mashyamba izaba muri 2025

    Minisiteri y’Ibidukikije ivuga ko u Rwanda rwishimiye kwakira inama ya gatandatu yo ku rwego rw’Isi, iziga kuri gahunda yo gutunganya no kwita ku mashyamba, izaba mu mwaka wa 2025, bikaba byemerejwe mu nama nk’iyi irimo kubera muri Canada.



  • Abatuye Isi barasabwa gukora ibishoboka ubushyuhe bwayo bukagabanukaho dogere 1.5

    Abatuye Isi barasabwa gukora ibishoboka ubushyuhe bwayo bukagabanukaho dogere 1.5

    Imiryango irengera ibidukikije ku Isi iyobowe n’uwitwa ‘Climate Clock’ na ‘Fridays For Future’, irimo kugenda yereka abatuye Isi, isaha izareka kubara ari uko imyaka irindwi ishize, iyo myaka ikaba ari yo ibihugu byihaye kugira ngo bizabe byagabanyije ubushyuhe bungana na dogere (Degré Celcius) 1.5, kuko ngo ari bwo buteje (…)



  • Kigali igiye kongera imbaraga mu gucunga amazi y’imvura

    Asaga Miliyoni imwe y’Amadolari ( Asaga Miliyari y’Amafaranga y’u Rwanda) ni yo agiye gushorwa mu gutegura igishushanyo mbonera cy’imicungire y’amazi y’imvura mu Mujyi wa Kigali (Kigali’s Stormwater Management Master Plan), bikaba biteganyijwe ko kizaba cyamaze kuzura bitarenze umwaka wa 2024, aho gitegerejweho kuzafasha mu (…)



  • Video: Pariki ya Nyandungu yafunguriwe abayisura

    Ikigo gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije (REMA) hamwe n’Urwego rushinzwe Iterambere (RDB), byagiranye amasezerano n’icyitwa QA Venue Solutions, kugira ngo gifashe gucunga igishanga cya Nyandungu ubu cyahindutse Pariki, hamwe no kwakira abazajya baza kwidagadura no gusura ibyiza nyaburanga bihaboneka.



  • Abahigaga inyamaswa muri Pariki y’Akagera ubu ni bo bazirinda

    Bamwe mu baturage begereye Pariki y’Akagera bahoze ari abahigi b’inyamaswa zo muri iyo Pariki bakaza kubireka, ubu bibumbiye muri Koperative yo kubungabunga ibidukikije ndetse bakaba banafatanya n’abarinzi ba Pariki, gufata abakiri mu bushimusi.



  • Imodoka z

    Imodoka zisaga 100 zikoresha amashanyarazi zirimo gutwara abitabiriye CHOGM

    Guverinoma y’u Rwanda yatangarije abitabiriye Inama ya CHOGM, ko mu rwego rwo kugabanya iyoherezwa mu kirere ry’imyuka iteza Isi gushyuha, hari gukoreshwa uburyo butandukanye burimo ibinyabiziga bitarekura imyotsi kuko bitwarwa n’amashanyarazi.



  • Abaturage bakomeje guhabwa imbabura zirondereza ibicanwa

    Abaturage bakomeje guhabwa imbabura zirondereza ibicanwa hirindwa ubutayu

    Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe Amashyamba mu Rwanda (RFA), buvuga ko hadafashwe ingamba zo kugabanya ibicanwa, Igihugu cyazaba ubutayu kubera ko buri mwaka hakenerwa toni 2,700,000 z’ibicanwa, ariyo mpamvu icyo kigo kigenda giha abaturage imbabura zirondereza ibicanwa.



  • Gutekesha ibindi bicanwa bitari inkwi n

    Amashuri n’amaresitora arakangurirwa gutekesha ibicanwa bitari inkwi n’amakara

    Ubushakashatsi bwakozwe umwaka ushize n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare ku mibereho y’ingo ku nshuro ya gatandatu (EICV6) bwerekanye ko ibicanwa by’ibanze Umuturarwanda akenera cyane bicyiganjemo inkwi ndetse n’amakara, n’ubwo abakoresha gaz na bo biyongereye.



  • Minisitiri w

    Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yatashye Ikigo cy’ubushakashatsi ku ngagi cya Ellen DeGeneres

    Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, kuri uyu wa Kabiri tariki 7 Kanama 2022, yafunguye ku mugaragaro Ikigo Ellen DeGeneres Campus of the Dian Fossey Gorilla Fund, giherereye mu Murenge wa Kinigi mu Karere ka Musanze.



  • Guca amasashi byagize akamaro ku Gihugu no ku bidukikije - REMA

    Igihugu cy’u Rwanda cyafashe icyemezo cyo guca amasashi burundu bituma hongerwa isuku mu gihugu ndetse n’ibidukikije birabungwabungwa. Muri 2018 nibwo Guverinoma y’u Rwanda yatangiye gahunda yo guca amashashi inashyiraho itegeko rihana uyakoraresha ndetse n’uyinjiza mu gihugu mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije.



  • Hari benshi basubiye ku gukoresha amakara kuko gaz yahenze cyane

    Izamuka ry’igiciro cya Gaz ribangamiye gahunda yo kubungabunga ibidukikije

    N’ubwo Gaz yaje ari igisubizo mu kugabanya umubare w’abacana inkwi n’amakara, ihenda ryayo rishobora kubangamira gahunda yo kubungabunga ibidukikije, kuko hari abayikoreshaga basubiye ku nkwi n’amaka.



  • Amacupa ya pulasitike ubu aratoragurwa akabyazwamo ibindi bikoresho

    Mu Rwanda ibyafatwaga nk’ibyangiza ibidukikije bisigaye bibyazwa umusaruro

    Ibyafatwaga nk’ibyangiza ibidukikije mu Rwanda, bamwe basigaye babibyazamo umusaruro, bikabafasha kwiteza imbere, ari nako barushaho kwirinda gukora ibikorwa bibangamira ibidukikije kuko bibangamira imibereho ya muntu.



  • Bakoze ikoranabuhanga ryo muri telefone rifasha mu kugabanya ibyuka bihumanya ikirere

    Kampani yitwa Isaro Econext yiyemeje kurwanya ibyuka bihumanya ikirere, yakoze porogaramu (application) yo muri telefone yitwa Isaro App izajya ifasha abayifashishije kugabanya ibyuka bihumanya ikirere.



  • Umukozi wa BK ashyikiriza umwe mu bagenerwabikorwa imbabura ya rondereza

    Gatsibo: BK yahaye imiryango 300 imbabura za rondereza, indi 20 ihabwa ibigega bifata amazi

    Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 03 Kanama 2022, Banki ya Kigali (BK) yashyikirije abaturage mu Murenge wa Kabarore batishoboye, imbabura zirondereza ibicanwa 300 ndetse n’ibigega bifata amazi imiryango 20, mu rwego rwo kubafasha kubona amazi hafi yabo no kubafasha kudakomeza kwagiza ibidukikije bashaka ibicanwa.



  • Abantu barasabwa kwirinda gutwika ibyatsi bisigara mu mirima

    REMA irakangurira abantu kwirinda gutwika ibyatsi byo mu mirima

    Ikigo cy’igihugu cyo kwita ku bidukikije (REMA), kirakangurira abaturage kwirinda gutwika ibyatsi byo mu mirima, kuko bihumanya umwuka wo mu kirere abantu bahumeka bikanangiza ubuka byatwikiweho.



  • Nta bidukikije nta buzima

    Umuntu ntiyabasha kubaho nta bidukikije biri ku Isi – REMA

    Kugira ngo umuntu agire ubuzima bwiza kandi bwuzuye, ni uko agomba kuba ahantu hari ibidukijeje, kandi ubwe akabibungabunga.



  • Abanyeshuri mu bwato barimo gukura imyanda mu mazi y

    Rubavu: Batangije ubukangurambaga bwo kuvana imyanda mu kiyaga cya Kivu

    Ishuri mpuzamahanga ryitwa ‘Isoko/La Source’ rikorera mu Karere ka Rubavu ryatangije ubukangurambaga bwo kuvana imyanda mu mazi y’ikiyaga cya Kivu, imyanda iterwa n’isuri ivuye imusozi hamwe n’itabwamo n’abantu.



Izindi nkuru: