• Gasabo: Hatewe ibiti bya gakondo byitezweho guhangana n’imihindagurikire y’ibihe

    Abaturage bo mu Murenge wa Rutunga n’abo mu Murenge wa Gikomero mu Karere ka Gasabo, ku wa Gatandatu tariki 28 Werurwe 2026, bifatanyije n’abayobozi mu nzego zitandukanye ndetse n’abafatanyabikorwa, mu muganda rusange usoza ukwezi kwa Werurwe, batera ibiti ku musozi uherereye mu Mudugudu w’Urukerereza mu Kagari ka Kigabiro (…)



  • Biyemeje kubungabunga ibiti bateye kuko basobanukiwe neza akamaro kabyo

    Kicukiro: Ibiti by’umurimbo byitezweho kongerera ubwiza agace byatewemo

    Mu Karere ka Kicukiro mu Murenge wa Kicukiro mu mpera z’icyumweru gishize hatewe ibiti 600 bisanga ibindi biti 400 byatewe mbere yaho mu cyumweru cyabanje birimo iby’imbuto ndetse n’iby’umurimbo byatewe ku bigo by’amashuri abanza n’ay’incuke (ECD), bikaba byitezweho kongerera ubwiza aho byatewe ndetse no gutuma haboneka (…)



  • One Acre Fund (Tubura) igiye gufatanya na Leta gutera ibiti Miliyoni 30

    Umuryango mpuzamahanga uteza imbere ubuhinzi witwa One Acre Fund, ku bufatanye n’inzego zitandukanye za Leta, bagiye gutera ibiti Miliyoni 30 mu Turere twose tw’u Rwanda, birimo iby’imbuto n’ibindi bivangwa n’imyaka.



  • Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa ‘Coalition Umwana Ku Isonga

    Gasabo: Ibiti by’imbuto byatewe muri G.S Ruhanga bizabafasha kurwanya imirire mibi

    Ihuriro ry’Imiryango 27 ikora ku burenganzira bw’abana, rizwi nka ‘Coalition Umwana Ku Isonga’ ryatangije gahunda yo gufasha abana kumenya akamaro k’ibiti, mu rwego rwo kurengera ibidukikije, ariko rigamije no kugira ngo abana bakure bafite umuco wo kumva ko igiti ari kimwe mu bifasha mu kurinda ubuzima bw’abantu haba mu (…)



  • Minisitiri w

    Ingemwe z’ibiti Miliyoni 65 zigiye guterwa hirya no hino mu Rwanda

    Minisiteri y’Ibidukikije hamwe n’abafatanyabikorwa barimo Umuryango mpuzamahanga uteza imbere ubuhinzi, One Acre Fund(OAF) uzwi ku izina rya Tubura, batangije gahunda yo gutera ingemwe z’ibiti zigera kuri miliyoni 65 hirya no hino mu Gihugu.



  • Inzu z

    Imidugudu ya Green Gicumbi iri mu bizamurikirwa Abakuru b’Ibihugu i Dubai muri UAE

    Minisiteri y’Ibidukikije ivuga ko ibyagezweho n’Ikigega gitera inkunga imishinga y’ibidukikije (FONERWA) mu myaka 10 kimaze gishinzwe, harimo imidugudu yubatswe mu mirenge ya Rubaya na Kaniga mu Karere ka Gicumbi, bigiye kumurikirwa abakuru b’ibihugu bigize Isi bazahurira muri Leta zunze Ubumwe z’Abarabu(UAE).



Izindi nkuru: Ibimera - kanda hano ...
  • Dr Malle Fofana

    Afurika yahawe ijwi mu Muryango Mpuzamahanga uharanira Ubukungu Butangiza Ibidukikije (GGGI)

    Dr. Malle Fofana yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Umuryango GGGI, hashimangirwa uruhare rwa Afurika mu bikorwa byo kurwanya imihindagurikire y’ibihe. Umuryango Mpuzamahanga ushinzwe guteza imbere ubukungu butangiza ibidukikije (GGGI) watangaje ko Dr. Malle Fofana yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije wawo (Deputy (…)



  • Uwatura yatura i Gicumbi: Hari umwuka mwiza kurusha ahandi mu Rwanda

    Kuri Phoibe Mukandayisenga, umunyamakuru wabaye kandi agakorera mu Karere ka Gicumbi imyaka ikabakaba icumi, ikirere cya Gicumbi ni ikirere gihora gihehereye haba mu mpeshyi cyangwa mu gihe cy’imvura, ku buryo iyo uhumeka wumva uhumeka umwuka ugenda udafite ikiwutega mu nzira z’ubuhumekero, kandi aho unyuze mu nzira (…)



  • Ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe buhumanya ibyo turya - Abadepite

    Bamwe mu Badepite bahangayikishijwe no kuba hakiri abacukura amabuye y’agaciro mu buryo butemewe, kandi mu gucukura amabuye y’agaciro hifashishwa ibinyabutabire bikomeye bigira ingaruka ku buzima bw’abantu, bityo bakagira impungenge ko batabikora mu buryo burinda ibidukikije n’ubuzima bw’abantu kuko baba babikora nk’abiba.



  • Abatuye muri iyi nkambi bishimira imirimo yakozwe

    Miliyari zirenga 5 Frw zashowe mu kurengera ibidukikije mu nkambi

    Mu rwego rwo kurushaho kurengera ubuzima bw’Impunzi zicumbikiwe mu Rwanda, Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA), n’abafatanyabikorwa bayo, bashoye arenga miliyari 5Frw mu bikorwa byo kurengera ibidukikije mu nkambi.



  • Kigali: Barebeye hamwe uko barushaho kunoza ubwubatsi bubungabunga ibidukikije

    Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA), ku bufatanye n’abafatanyabikorwa batandukanye barimo World Resources Institute (WRI), European Union/Enabel, GIZ, World Bank (WB), Global Green Growth Institute (GGGI), International Institute of Sustainable Development (IISD),… bateguye inama y’iminsi itatu, yabereye i Kigali kuva (…)



  • Burera: Ingabo, Polisi n’abakozi ba RIB bateye ibiti by’imbuto ibihumbi 10

    Kuri uyu wa Kabiri tariki 23 Ukuboza 2025, inzego z’Umutekano zigizwe n’Ingabo z’u Rwanda (Diviziyo ya 2), Polisi y’u Rwanda (RNP) n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), zikorera mu Ntara y’Amajyaruguru, zakoze igikorwa cyo gutera ibiti mu Mudugudu wa Bisiga, Akagali ka Gashoro, Umurenge wa Rwerere, Akarere ka Burera.



Izindi nkuru: Ibungabunga - kanda hano ...
Izindi nkuru: