Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yasabye abayobozi kwiyoroshya kuko ari cyo kibagira abayobozi beza
17/10/2021 - 14:15
Ubunyarwanda bukwiye kuba inkingi yubakirwaho iterambere ry’Igihugu - Madamu Jeannette Kagame
17/10/2021 - 14:05
Kigali: Mu myaka 5 hazakorwa imihanda ya kilometero zisaga 200
17/10/2021 - 13:39
Mako Nikoshwa: Nararwaye numva ko ngomba gupfa, iby’umubano wanjye na Nina...
17/10/2021 - 13:31
Massamba yahishuye ibanga umubyeyi we Sentore yamubwiye bwa nyuma
10/10/2021 - 23:02
Rurangwa Oswald wahamijwe ibyaha bya Jenoside yagejejwe mu Rwanda
7/10/2021 - 22:18
RIB yerekanye ibyafashwe bitujuje ubuziranenge
6/10/2021 - 09:30
Ababyeyi ntibakwiye guhanika inkwano kuko ‘Umwana si igishoro’
5/10/2021 - 07:58
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo