Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
U Rwanda n’u Bushinwa bizihije isabukuru y’imyaka 50 y’umubano w’ibihugu byombi
9/11/2021 - 19:32
U Rwanda n’u Bugereki byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye
9/11/2021 - 18:09
Abiyita ko barwanya ubutegetsi nta kintu kibarimo, ni icyuka gusa - Gen Kabarebe
9/11/2021 - 17:39
Ubuhamya bw’uwarokotse Stroke
9/11/2021 - 17:15
Reba incamake y’igitaramo cy’imyaka 10 ya Bruce Melodie mu muziki
8/11/2021 - 15:39
Dr Bizimana: Ndashimira AERG na GAERG kubera ibikorwa byabo mu myaka 25 ishize
7/11/2021 - 14:47
Kwibuka ni inshingano zidafite igihe ntarengwa – Jeannette Kagame ku isabukuru ya AERG na GAERG
7/11/2021 - 13:26
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bahawe inshingano nshya
7/11/2021 - 13:18
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo