Imibiri isaga 100 y’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi yabonetse mu rugo rw’uwitwa Simbizi François. Uyu Simbizi François yaje guhamwa n’icyaha cya Jenoside, arakatirwa, arafungwa ariko aza kugwa muri gereza.
Ubwo ibi byobo byabonekaga, muri uru rugo habaga umugore wa Simbizi n’abana be. Bose uko bari batuye muri uru rugo batawe muri yombi kugira ngo bakurikiranwe ku byaha birimo no kudatanga amakuru.
Byinshi kuri iyi nkuru bikubiye muri iyi video ya Kigali Today yatunganyijwe na Richard Kwizera.
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibyo WDA izibandaho mu cyiciro cya gatatu cya gahunda ya NEP-Kora Wigire
28/12/2017 - 08:04
Video: Byinshi utaruzi kuri Jay Rwanda wabaye Rudasumbwa wa Afurika
27/12/2017 - 14:41
Video: HANANI & GOSSLAND win nyamata triathlon challenge 2017
27/12/2017 - 14:36
Video: Wda Yashyizeho Ishuri Ry’imideri Mu Rwanda
21/12/2017 - 12:38
Video: Imyanzuro 8 Yafatiwe Mu Nama y’Umushyikirano Ya 15
19/12/2017 - 17:59
Video: Twubahe ariko by’umwihariko twubahe abakobwa n’abategarugori - KAGAME
19/12/2017 - 17:55
Video: Ibiyobyabwenge Ni Icyorezo Giteye Ubwoba - KAGAME
19/12/2017 - 17:53
Video: Amavubi nareka gukina ahubwo agahiganwa azatanga ibyishimo - bamporiki
19/12/2017 - 17:44
Abo mu rwo rugo.gusa !!oya nabaturanyi babo batahigwaga bakwiye gufatwa nonese byabaga,batabireba,guhisha,amakuru bivuga gufatanya icyaha abatari,abo mwurwo,rugo bakwiye cyane kubazwa à biciwe aho iyo bataba mubabishe,bali gutanga amakuru *
Mukomere mwa mfura mwe, Imana yongere kububakira imiryango minini maze ibahe n’ubuzima bwiza .naho izi nkoramaraso ntizizigera zigubwa neza haba muri ubu buzima ndetse na nyuma yabwo